Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inama Elon Musk Agira Urubyiruko Ngo Ruhange Imirimo Y’Ejo Hazaza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ikoranabuhanga

Inama Elon Musk Agira Urubyiruko Ngo Ruhange Imirimo Y’Ejo Hazaza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 December 2021 9:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uyu mukire wa mbere ku isi avuga ko mu gihe kiri imbere urubyiruko rugomba kujya ruhitamo amasomo yo guhanga ibintu bishya ariko bikorerwa mu nganda. Yemeza ko akazi gashingiye ku buhanga nka buriya ari ko kazaba gacyenewe kurusha uko abantu basanzwe bakenera akazi gasaba kwandika ku mpapuro.

Musk yavuze ko ubuhanga bukoresha imashini( artificial intelligence) ari bwo buzaba buyoboye isi yo mu myaka micye iri imbere.

Mu nama iherutsse guterana yigaga ku mikorere y’imashini zikora gihanga yiswe World Conference on Artificial Intelligence,  Bwana Elon Musk yavuze ko mu nganda zo mu gihe kiri imbere, hari ibintu bizaba bitagikoreshwa intoki ariko nanone ngo abantu bazagorwa no kumenya uko bakwitwara imbere ya ziriya mashini.

Bizabagora kubera ko hari abo ziriya mashini ‘zizaba zirusha ubwenge.’

Ikindi kizagora abantu ni ukumenya uko ziriya mashini baziha umurongo zigenderaho.

Zizakora akazi kabo ariko nabo basigarane akazi ko kuziyobora.

Kuri Elon Musk ikindi kibazo kizaba ho ni uko hari imashini zimwe zizaba zifite ubushobozi bwo kwikorera ubuhanga bwitwa software zizazifasha gukora, bityo hakaba hibazwa niba abahanga bamwe mu ikoranabuhanga batazatakaza akazi.

Bisa no gukora ikintu ejo kikabuza amahirwe cyangwa kikayabuza abandi bafite ubuhanga nk’ubwawe.

Hari ikindi kibazo cyo kuzamenya uko abantu hagati yahoo bazaba babanye.

Imashini zizi ubwenge zizatuma abantu basa n’abatakaje umwimerere w’umubano hagati yabo, imashini zihinduke nka babyara b’abantu.

Ikoranabuhanga ryo gufasha abantu kubana hagati yabo no kumenya uko babana n’imashini zikora gihanga, niryo rizaba rifite isoko mu gihe kiri imbere.

Elon Reeve Musk niwe muntu ukize kurusha abandi ku isi muri iki gihe.

Elon Reeve Musk niwe muntu ukize kurusha abandi ku isi muri iki gihe.

Niwe mukire wa mbere ku isi kandi ukiri muto.

Ubu afite imyaka 50 y’amavuko, akaba akomoka muri Afurika y’Epfo ahitwa Transvaal muri Pretoria.

Asanzwe afite ubwenegihugu bwa Leta zunze ubumwe z’Amerika n’ubwa Canada.

Afite abagore babiri n’abana barindwi.

TAGGED:featuredIkoranabuhangaImashiniMusk
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Miss World 2021 Yasubitswe Igitaraganya
Next Article Abantu 151 Bafatiwe Mu Rugo Rw’Umuturage Barenze Ku Mabwiriza Yo Kwirinda COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?