Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inama y’Afurika yunze ubumwe na EU yasubitswe ku munota wa nyuma
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Inama y’Afurika yunze ubumwe na EU yasubitswe ku munota wa nyuma

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 December 2020 10:48 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu buryo butunguranye, Perezida w’Afurika y’Epfo akaba ari nawe uyoboye Umuryango w’Afurika yunze ubumwe Cyril Matamela Ramaphosa yatangaje ko Inama yari buhuze Abayobozi bakuru bawo n’ab’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi isubitswe bitunguranye.  Ramaphosa avuga ko byatewe n’uko Abakuru b’Ibihugu ku mpande zombi bagize impamvu zituma bataboneka ari benshi.

Iyi nama yari iteganyijwe kuba kuri uyu wa Gatatu taliki 09, Ukuboza, 2020 ikaba hifashishijwe ikoranabuhanga.

Yari inama ya cyenda yo ku rwego rwo hejuru isanzwe ihuza abayobozi bakuru b’Afurika yunze ubumwe n’ab’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi.

Byari biteganyijwe ko iriya nama iri bwigirwemo uko ibihugu by’u Burayi byafatanya n’ibya Afurika mu kuzanzamura ubukungu bwazahajwe na COVID-19.

Hari hateganyijwe kandi ko impande zombi ziganira uko hakoroshywa uburyo bwo kwishyura imyenda ibihugu by’Afurika bifitiye iby’i Burayi.

Indi taliki iriya nama izabera ntiratangazwa.

TAGGED:AfurikaCOVID-19EUfeaturedIbihuguImyendaInamaRamaphosa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kicukiro: Ahazabera Expo 2020 hazashyirwa station ya Polisi
Next Article YouTube zimwe zishobora kudusubiza mu icuraburindi rya RTLM-Amb Nduhungirehe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?