Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Indege Za Uganda Zigiye Gutangira Ingendo I Kigali
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Indege Za Uganda Zigiye Gutangira Ingendo I Kigali

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 March 2023 4:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kimwe mu bintu by’ingenzi byavuye mu biganiro bimaze iminsi bihuje itsinda ry’abadipolomate b’u Rwanda n’aba Uganda byaberaga i Kigali, ni uko mu gihe kiri imbere indege za Uganda Airlines zizatangira gukorera ingendo mu Rwanda.

Nta gihe kinini kandi gishize urujya n’uruza rw’abantu n’ibintu rukoresha inzira yo ku butaka rusubukuwe.

Iby’uko ingendo z’indege za Uganda zigiye gutangira kuza mu Rwanda, byanzuriwe mu nama twavuze haruguru imaze iminsi itatu ihera mu Rwanda yiswe Rwanda-Uganda Joint Permanent Commission (JPC).

Ibaye ku nshuro ya 11.

Iyi nama ya 11 niyo yafatiwemo kiriya cyemezo

Hagati aho Ikigo cy’u Rwanda gikora ingendo zo mu kirere Rwandair cyo gisanzwe gikorera ingendo i Kampala.

Miisntiri y’ububanyi n’amahanga wa Uganda witwa (Rtd) Gen Jeje Odongo yashimye ko u Rwanda rwemeye gufungurira ikirere cyarwo Uganda.

Avuga ko bizafasha mu bucuruzi no gukomeza umurunga uhuza abaturanyi b’ibihugu byombi.

TAGGED:IndegeKigaliUbuhahirane
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Tshisekedi Yahinduye Guverinoma
Next Article Rusesabagina Na Sankara BAHAWE IMBABAZI
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?