Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Indonesia, Azerbaijan Na Pakistan Mu Biganiro Na Amerika Byo Kohereza Ingabo Muri Gaza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Indonesia, Azerbaijan Na Pakistan Mu Biganiro Na Amerika Byo Kohereza Ingabo Muri Gaza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 October 2025 5:49 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amerika iri mu biganiro n’ubuyobozi bwa Indonesia, ubwa Pakistan n’ubwa Azerbaijan ngo ibi bihugu bizohereze ingabo mu mutwe w’ingabo zizoherezwa muri Gaza kuhagarura amahoro.

Ibiganiro biganisha ku ishyirwaho ry’uriya mutwe birakomeje ngo uzajye muri Gaza gufasha mu gushyiraho ubutegetsi buzatuma ibintu bijya ku murongo.

Gusa hagati aho nta gihugu kiremeza mu buryo budasubirwaho ko kizazitanga.

Amerika iri kuganira n’ibihugu by’Abarabu by’incuti zayo ngo harebwe uko hashyirwaho izo ngabo, iki kikaba kimwe mu bigize umugambi w’amahoro wateguwe na Amerika.

Uwo mutwe uzafasha mu gutoza Polisi ya Palestine kandi mu gutegura uwo mutwe, Misiri na Jordan biri mu bihugu by’Abarabu bya mbere biri kuganirizwa nawe.

Ubwo uwo mutwe uzaba wamaze gushyirwaho, uzakurikirana uburyo bwo gushyiraho Leta ya Palestine izasubiza ibintu mu buryo muri Gaza.

Ubwo Politico yabazaga abayobozi ba Indonesia, Pakistan na Azerbaijan ngo bagire icyo babivugaho, ntacyo bayitangarije.

Amerika yamaze kohereza abasirikare 200 muri Israel ngo bafashe mu gukurikirana hafi iby’umugambi wa Trump wo muri Gaza.

TAGGED:AmerikafeaturedGazaIbiganiroTrump
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abasenateri Babajije Minisante Aho Igeze Ikemura Ubuke Bw’Abaganga
Next Article Kayonza: Imvura Yishe Batandatu Biganjemo Abana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbumenyi Rusange

Mu Isanzure Haba Inyenyeri Zingahe?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?