Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 October 2025 11:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Azubukiirwa ku buvugizi yakoreye abanyantege nke.
SHARE

Tariki 16, Ukwakira, 2025 nibwo Marie Ingabire Immaculée wayoboraga Transparency International Rwanda azashyingurwa. Uyu mubyeyi yatabarutse mu minsi itanu ishize azize uburwayi yari amaranye igihe.

Igitaramo cyo kwizihiza ubuzima bwe cyatangiye kuri uyu wa Mbere tariki 13 kikaza kurangira kuri uyu wa Kabiri aho kiri kubera mu Murenge wa Niboye mu Karere ka Kicukiro aho yari atuye.

Kuwa Kane tariki 16, Ukwakira, 2025 nibwo azashyingurwa mu irimbi rya Rusororo.

Yakoze imirimo myinshi irimo itangazamakuru no kuba impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu muri rusange n’ubw’umugore by’umwihariko.

Mu mwaka wa 1995 yari mu itsinda ry’abagore bagiye mu  Bushinwa i Beijing mu nama mpuzamahanga yigaga ku buzima n’uburenganzira bw’abagore bo mu bihugu byo mu Biyaga bigari by’Afurika.

Muri iyo nama yatorewe kuba Umuyobozi mukuru w’ihuriro ry’abagore bo mu Karere.

Yagize uruhare mu kuvugura imikorere y’imiryango iharanira uburenganzira bw’abagore nka PROFEMME TWESE HAMWE, Haguruka no gushinga undi witwa Rwanda Women’s Network.

Atabarutse ari Umuyobozi Mukuru wa Transparency International -Rwanda umuryango yagize uruhare runini mu kuwushinga.

Azahora yibukirwa k’ubuvugizi bukomeye yakoreraga abahohotewe kubera ruswa biganjemo abanyantege nke.

TAGGED:featuredIngabireTransparencyUburwayi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hamas Iherutse Guhura Mu Ibanga N’Intumwa Za Amerika Kubera Kudashira Amakenga Israel
Next Article Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rayon Yahagaritse Umutoza Mukuru Bari Bamaze Iminsi Muri Rwaserera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ikigo Nyafurika Cy’Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?