Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabire Victoire Yasubiye Mu Rukiko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ingabire Victoire Yasubiye Mu Rukiko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 February 2024 11:04 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhoza Ingabire Victoire yagiye mu rukiko kuburana ku kirego asabamo ko yahanagurwaho ubusembwa.

Ikirego cye yagitanze mu Rukiko Rukuru asaba ihanagurwabusembwa, akaba yunganiwe na Me Gatera Gashabana.

Uyu mugore wigeze gufungwa akaza guhabwa imbabazi na Perezida wa Repubulika avuga ko ahanaguweho ubusembwa yaba agiye mu beremewe kuzatanga kandidatire yo kwiyamamariza kuyobora u Rwanda mu matora azaba mu mpeshyi ya 2024.

Madamu Victoire yari muri gereza ku gihano cy’imyaka 15 yakatiwe n’urukiko rw’ikirenga amaze guhamwa n’ibyaha birimo guhungabanya umutekano w’igihugu no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi.

Yafunguwe n’iteka rya Perezida rimuha imbabazi hamwe n’abandi bafungwa bose hamwe 2140, icyo gihe hari mu mwaka wa 2018.

Iby’urubanza rwe turakomeza kubibakurikiranira…

TAGGED:featuredIhanagurwabusembwaIngabireUrubanzaUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abarwara Igicuri Barasaba Minisanté Ubufasha
Next Article Amerika Mu Bufatanye N’Abanyarwanda Mu Korora Inzuki
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbumenyi Rusange

Mu Isanzure Haba Inyenyeri Zingahe?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?