Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabire Victoire Yasubiye Mu Rukiko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ingabire Victoire Yasubiye Mu Rukiko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 February 2024 11:04 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhoza Ingabire Victoire yagiye mu rukiko kuburana ku kirego asabamo ko yahanagurwaho ubusembwa.

Ikirego cye yagitanze mu Rukiko Rukuru asaba ihanagurwabusembwa, akaba yunganiwe na Me Gatera Gashabana.

Uyu mugore wigeze gufungwa akaza guhabwa imbabazi na Perezida wa Repubulika avuga ko ahanaguweho ubusembwa yaba agiye mu beremewe kuzatanga kandidatire yo kwiyamamariza kuyobora u Rwanda mu matora azaba mu mpeshyi ya 2024.

Madamu Victoire yari muri gereza ku gihano cy’imyaka 15 yakatiwe n’urukiko rw’ikirenga amaze guhamwa n’ibyaha birimo guhungabanya umutekano w’igihugu no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yafunguwe n’iteka rya Perezida rimuha imbabazi hamwe n’abandi bafungwa bose hamwe 2140, icyo gihe hari mu mwaka wa 2018.

Iby’urubanza rwe turakomeza kubibakurikiranira…

TAGGED:featuredIhanagurwabusembwaIngabireUrubanzaUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abarwara Igicuri Barasaba Minisanté Ubufasha
Next Article Amerika Mu Bufatanye N’Abanyarwanda Mu Korora Inzuki
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?