Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Za Uganda Zaguze Izindi Ntwaro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ingabo Za Uganda Zaguze Izindi Ntwaro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 May 2021 8:44 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ingabo muri Uganda Bwana Adolf  Mwesigye yaraye abwiye abayobozi bakuru mu ishyaka NRM ko igisirikare cya Uganda cyageze ku ntego kihaye ku kigero cya 90%. Mu byo cyakoze harimo no kugura intwaro zirimo kajugujugu n’ibifaro bishoboye urugamba.

Mu bwo Uganda yishimira ko yaguze kandi harimo ubwato bw’intambara.

Minisitiri Mwesigye yabivugiye mu nama yahuje abayobozi bakuru mu ngabo za Uganda n’abo mu ishyaka NRM ubwo bari bahuye ngo  baganire aho kwesa imihigo ikubiye mucyo bise NRM Manifesto Week bigeze.

Mu rwego rwa gisirikare, iriya Manifesto yashyizeho imihigo ingabo za Uganda zagombaga kuba zesheje hagati y’umwaka wa 2016 n’uwa 2021.

Bwana Adolf  Mwesigye yagize ati: “ Mu rwego rwa gisirikare, intego zacu twazigezeho ku kigero cya 90%  mu myaka itanu ishize kandi turarimbanyije.”

Avuga ko Minisiteri ayoboye yakoze uko ishoboye kugira ngo yongerere ingabo za Uganda ubushobozi haba mu bumenyi ndetse no mu bikoresho.

Igisirikare cya Uganda kiranira mu kirere giherutse gutegekwa na Museveni kwimura ikicaro kikava Entebbe kikacya ahitwa Nakasongola.

Ibinyamakuru byo muri Uganda biherutse kuvuga ko Perezida Museveni yigeze kubwira ingabo ze bidakwiye ko  ziba mu mujyi nk’uko bidakwiye ko intare iwubamo ahubwo iba kandi ikwiye guhora iba mu ishyamba.

TAGGED:featuredMuseveniMwesigyeNRM
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikamyo Ihetse Meterokibe 33 Za Lisansi Yari Igiye Gushya Habura Gato
Next Article Ngarambe: Umuhanga Mu By’Ubwubatsi ‘Udasanzwe’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?