Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inkuga Nini Yahawe Abarokotse Jenoside Ni Uburenganzira Ku Gihugu Cyabo- Perezida Wa IBUKA
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Inkuga Nini Yahawe Abarokotse Jenoside Ni Uburenganzira Ku Gihugu Cyabo- Perezida Wa IBUKA

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 March 2024 3:34 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dr. Philbert Gakwenzire uyobora IBUKA avuga ko inkunga yahawe Abatutsi barokotse Jenoside ziri amoko abiri ariko ikomeye kurusha izindi ari uguhabwa uburenganzira mu gihugu cyabo.

Avuga ko ubwo buryo bubiri burimo ubwa mbere bwa Politiki rusange y’igihugu, iyi ikaba itandukanye cyane n’iyo Abatutsi babayemo mbere ya 1994 aho bimwaga uburenganzira mu gihugu cyabo.

Avuga ko iyi Politiki ari nziza kubera ko iha uburenganzira buri mu Munyarwanda ku gihugu cye.

Gakwenzire ati: “ Muri uru rwego rero abari bamaze kurokoka Jenoside yakorewe Abatutsi biyumvise mu gihugu cyabo kuko bari bamaze imyaka barimwe uburenganzira mu gihugu cyabo, batitwa abanyagihugu ahubwo ugasanga batotezwa, bakimwa n’icyo buri Munyarwanda wese yashoboraga kuba yabona”.

Perezida wa IBUKA avuga ko nyuma y’uko Abatutsi barokotse Jenoside baboneye ko bahawe uburenganzira mu gihugu cyabo, bahise batangira gukora biteza imbere kuko bari bizeye ko nta muntu uri bubakome imbere ngo ababuze uburenganzira bwabo.

Gakwenzire yabwiye RBA  ko kuba mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi hari ho ubutegetsi bwatumaga hari bamwe batahabwaga uburenganzira mu gihugu cyabo ari ibintu byatuma hari n’uwavuga ko “ u Rwanda rasanga nk’aho rutariho”.

Mbere y’uko u Rwanda rwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 30, abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bashimira Inkotanyi zayihagaritse kuko bemeza ko iyo zidatabara umugambi w’abakoze Jenoside wari gukomeza.

TAGGED:AbatutsiGakwenzireIBUKAInkotanyiJenoside
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Burera: Babagira Inka Hasi
Next Article Minisitiri Ingabire Mubafite Munsi Y’Imyaka 40 Bavuga Rikijyana Ku Isi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?