Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Intare Yitiriwe Bob Marley Yishwe N’Izindi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Intare Yitiriwe Bob Marley Yishwe N’Izindi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 March 2023 8:06 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Iyi ntare y’icyamamare yabaga muri Pariki ya Serengeti muri Kenya. Kubera umugara munini yari ifite ndetse n’imbaraga zayo, abarinzi b’iriya pariki bayihaye izina rya ‘Bob’ Junior ni ukuvuga Bob Muto.

Bayisanishaga n’umuririmbyi akaba n’umucuranzi w’ibihe byose wa reggae witwaga Bob Marley.

Bob Marley

Intare Bob yari yaramamaye cyane k’uburyo ba mukerarugendo bayisuraga bakundaga uko yazaga kubareba nabo bakabona uko yabifotorra bitabagoye.

Yari imaze imyaka irindwi ifatwa nk’aho ari yo cyamamare kurusha izindi ntare zose zo muri Serengeti.

Ubu bwamamare ariko bwaje kurangira nyuma yo kwicwa n’izindi ntare ‘zikiri nto’.

Intare Bob yari ifite murumuna wayo witwa Tryggve, nawe bivugwa ko yishwe.

Kubera gusaza,  Bob ntiyigeze irwana n’izindi ntare zaje kuyica.

Abakunzi bayo bababajwe n’uru rupfu kandi babigaragariza ku mbuga nkoranyambaga bahuriraho.

Yishwe ku wa Gatandatu mu rukerera.

Umwe mu barinda pariki ya  Serengeti yabwiye BBC ko iriya ntare yishwe n’izindi kubera ko zashakaga kuyisimbura ku butware bw’ishyamba.

Uwo murinzi wa pariki yitwa Freddy Shirima.

Imibare ivuga ko Pariki ya Serengeti irimo intare 3,000.

Abahanga mu binyabuzima basanze intare zibaho hagati y’imyaka umunani n’imyaka icumi.

TAGGED:IntareMukerarugendoParikiSerengeti
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Ntashyigikiye Ko Impano Z’Abanyafurika Zigira Ahandi
Next Article U Burusiya Bwafashe Drone Y’Amerika Bukekaho Gutatira Ukraine
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?