Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Intare Yitiriwe Bob Marley Yishwe N’Izindi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Intare Yitiriwe Bob Marley Yishwe N’Izindi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 March 2023 8:06 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Iyi ntare y’icyamamare yabaga muri Pariki ya Serengeti muri Kenya. Kubera umugara munini yari ifite ndetse n’imbaraga zayo, abarinzi b’iriya pariki bayihaye izina rya ‘Bob’ Junior ni ukuvuga Bob Muto.

Bayisanishaga n’umuririmbyi akaba n’umucuranzi w’ibihe byose wa reggae witwaga Bob Marley.

Bob Marley

Intare Bob yari yaramamaye cyane k’uburyo ba mukerarugendo bayisuraga bakundaga uko yazaga kubareba nabo bakabona uko yabifotorra bitabagoye.

Yari imaze imyaka irindwi ifatwa nk’aho ari yo cyamamare kurusha izindi ntare zose zo muri Serengeti.

Ubu bwamamare ariko bwaje kurangira nyuma yo kwicwa n’izindi ntare ‘zikiri nto’.

Intare Bob yari ifite murumuna wayo witwa Tryggve, nawe bivugwa ko yishwe.

Kubera gusaza,  Bob ntiyigeze irwana n’izindi ntare zaje kuyica.

Abakunzi bayo bababajwe n’uru rupfu kandi babigaragariza ku mbuga nkoranyambaga bahuriraho.

Yishwe ku wa Gatandatu mu rukerera.

Umwe mu barinda pariki ya  Serengeti yabwiye BBC ko iriya ntare yishwe n’izindi kubera ko zashakaga kuyisimbura ku butware bw’ishyamba.

Uwo murinzi wa pariki yitwa Freddy Shirima.

Imibare ivuga ko Pariki ya Serengeti irimo intare 3,000.

Abahanga mu binyabuzima basanze intare zibaho hagati y’imyaka umunani n’imyaka icumi.

TAGGED:IntareMukerarugendoParikiSerengeti
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Ntashyigikiye Ko Impano Z’Abanyafurika Zigira Ahandi
Next Article U Burusiya Bwafashe Drone Y’Amerika Bukekaho Gutatira Ukraine
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?