Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Intare Yitiriwe Bob Marley Yishwe N’Izindi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Intare Yitiriwe Bob Marley Yishwe N’Izindi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 March 2023 8:06 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Iyi ntare y’icyamamare yabaga muri Pariki ya Serengeti muri Kenya. Kubera umugara munini yari ifite ndetse n’imbaraga zayo, abarinzi b’iriya pariki bayihaye izina rya ‘Bob’ Junior ni ukuvuga Bob Muto.

Bayisanishaga n’umuririmbyi akaba n’umucuranzi w’ibihe byose wa reggae witwaga Bob Marley.

Bob Marley

Intare Bob yari yaramamaye cyane k’uburyo ba mukerarugendo bayisuraga bakundaga uko yazaga kubareba nabo bakabona uko yabifotorra bitabagoye.

Yari imaze imyaka irindwi ifatwa nk’aho ari yo cyamamare kurusha izindi ntare zose zo muri Serengeti.

Ubu bwamamare ariko bwaje kurangira nyuma yo kwicwa n’izindi ntare ‘zikiri nto’.

Intare Bob yari ifite murumuna wayo witwa Tryggve, nawe bivugwa ko yishwe.

Kubera gusaza,  Bob ntiyigeze irwana n’izindi ntare zaje kuyica.

Abakunzi bayo bababajwe n’uru rupfu kandi babigaragariza ku mbuga nkoranyambaga bahuriraho.

Yishwe ku wa Gatandatu mu rukerera.

Umwe mu barinda pariki ya  Serengeti yabwiye BBC ko iriya ntare yishwe n’izindi kubera ko zashakaga kuyisimbura ku butware bw’ishyamba.

Uwo murinzi wa pariki yitwa Freddy Shirima.

Imibare ivuga ko Pariki ya Serengeti irimo intare 3,000.

Abahanga mu binyabuzima basanze intare zibaho hagati y’imyaka umunani n’imyaka icumi.

TAGGED:IntareMukerarugendoParikiSerengeti
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Ntashyigikiye Ko Impano Z’Abanyafurika Zigira Ahandi
Next Article U Burusiya Bwafashe Drone Y’Amerika Bukekaho Gutatira Ukraine
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Burundi: Ndikuriyo Yongeye Gutorerwa Kuba Umunyamabanga Mukuru Wa CNDD-FDD

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ububiligi Bwijeje DRC Gukomeza Kuyiba Hafi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Uburayi Bwatanze Miliyoni € 2 Zo Gufasha Abo Muri Kivu Y’Amajyepfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?