Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inteko Ishinga Amategeko Ya Uganda Yahawe Undi Wo Kuyiyobora
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Inteko Ishinga Amategeko Ya Uganda Yahawe Undi Wo Kuyiyobora

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 March 2022 3:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Anita Among Annet amaze guhabwa ubushobozi bwo kuyobora Inteko ishinga amategeko ya Uganda nyuma y’uko Jacob Oulanyah wayiyoboraga aherutse kwitaba Imana.

Perezida Museveni niwe wahaye Anita Among Annet inkoni yo kuyobora iriya Nteko.

Jacob Oulanyah wayobora Inteko ishinga amategeko ya Uganda yitabye Imana  ku Cyumweru taliki 20, Werurwe, 2022 aguye mu bitaro.

Yari Perezida wa 11 wa Uganda wasimbuye Rebecca Kadaga.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Oulanyah yatangiye kuyobora Inteko ishinga amategeko ya Uganda mu mwaka wa 2021.

Yaguye mu bitaro by’i Seatle muri Leta zunze ubumwe z’Amerika mu ijoro ryacyeye.

Yahawe n’ibendera ry’igihugu

Breaking News: Rt Hon Anita Among Annet receives instruments of power from President Museveni.#ChimpReportsNews #SpeakerElection #RIPOulanyah @AnitahAmong https://t.co/WgzZXyBRHU pic.twitter.com/PsOuN00fbx

— ChimpReports (@ChimpReports) March 25, 2022

TAGGED:featuredIntekoUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urujeni Wahoze Mu By’Ubutabera Atorewe Kuba Umuyobozi Wungirije W’Umujyi Wa Kigali
Next Article Perezida Kagame Yasuye Misiri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?