Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inteko Ishinga Amategeko Ya Uganda Yahawe Undi Wo Kuyiyobora
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Inteko Ishinga Amategeko Ya Uganda Yahawe Undi Wo Kuyiyobora

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 March 2022 3:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Anita Among Annet amaze guhabwa ubushobozi bwo kuyobora Inteko ishinga amategeko ya Uganda nyuma y’uko Jacob Oulanyah wayiyoboraga aherutse kwitaba Imana.

Perezida Museveni niwe wahaye Anita Among Annet inkoni yo kuyobora iriya Nteko.

Jacob Oulanyah wayobora Inteko ishinga amategeko ya Uganda yitabye Imana  ku Cyumweru taliki 20, Werurwe, 2022 aguye mu bitaro.

Yari Perezida wa 11 wa Uganda wasimbuye Rebecca Kadaga.

Oulanyah yatangiye kuyobora Inteko ishinga amategeko ya Uganda mu mwaka wa 2021.

Yaguye mu bitaro by’i Seatle muri Leta zunze ubumwe z’Amerika mu ijoro ryacyeye.

Yahawe n’ibendera ry’igihugu

Breaking News: Rt Hon Anita Among Annet receives instruments of power from President Museveni.#ChimpReportsNews #SpeakerElection #RIPOulanyah @AnitahAmong https://t.co/WgzZXyBRHU pic.twitter.com/PsOuN00fbx

— ChimpReports (@ChimpReports) March 25, 2022

TAGGED:featuredIntekoUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urujeni Wahoze Mu By’Ubutabera Atorewe Kuba Umuyobozi Wungirije W’Umujyi Wa Kigali
Next Article Perezida Kagame Yasuye Misiri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanyarwanda Banywa Ikawa Ni 5%-NAEB

Tuzakomeza Gukorana N’u Rwanda No Mu Guhanga Udushya-Amb Wa Israel

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

You Might Also Like

Mu mahanga

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibidukikije

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?