Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inteko Yaguye Y’Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi: Baraganira Ku Zihe Ngingo?
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Inteko Yaguye Y’Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi: Baraganira Ku Zihe Ngingo?

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 April 2022 1:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu taliki 30, Mata, 2022 abanyamuryango b’Umuryango FPR –Inkotanyi bahagarariye abandi bari mu Nteko yaguye y’uyu muryango.

Ni inteko iri bube iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.

Ese abayitabiriye baraganira ku biki?

Mu gihe bisa n’aho icyorezo COVID-19 cyacitse intege mu buryo bugaragara, abanyamuryango ba FPR Inkotanyi ntibabura kuganira ku ngingo zirimo uko bakomeza gukorana kugira ngo amajyambere u Rwana rurimo muri iki gihe azakomeze.

Imibare itangazwa na Banki nkuru y’u Rwanda na Minisiteri y’imari n’igenamigambi yerekana ko ubukungu bw’u Rwanda buri kuzanzamuka.

N’ubwo ibintu bitarasubira ku murongo nk’uko byahoze, iriya mibare yerekana ko  ibintu biri mu murongo mwiza.

Abagize Umuryango FPR –Inkotanyi ntibabura kuza kungurana ibitekerezo uko uyu murongo wakomeza kugenda neza kandi ku nyungu z’abatuye u Rwanda.

📸AMAFOTO📸

Muri Kigali Arena hagiye kubera Kongere y'Umuryango @rpfinkotanyi yitabiriwe n'abanyamuryango ndetse n'abashyitsi baturutse mu yindi mitwe ya politiki.

Irasuzumirwamo aho gahunda za RPF zigamije guteza imbere imibereho myiza n'iterambere zigeze.#RBAAmakuru pic.twitter.com/j7bCt0jiyl

— RADIO RWANDA (@Radiorwanda_RBA) April 30, 2022

Nk’uko bisanzwe bigenda kandi, abagize Umuryango FPR Inkotanyi ntibabura kuza kwinegura kubyo babona bitagenze neza, bigakorwa hagamijwe kurushaho kunoza ibikorwa.

Mu masaha y’iki gitondo nibwo abanyamuryango baturutse mu bice bitandukanye by’u Rwanda batangiye kugera kuri Kigali Arena aho iri bubere.

Ikindi ni yuko hari n’abandi bayobora amashyaka atandukanye afatanya na FPR Inkotanyi batumiwe muri iyi Nteko.

Perezida Kagame( hagati) Christophe Bazivamo( ibumoso) na Francois Ngarambe
Madamu Jeannette Kagame ari kumwe na Perezida wa Sena Dr Augustin Iyamuremye na Perezida w’Inteko ishinga amategeko Madamu Donatille Mukabalisa
Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi ubwo bakiraga abayobozi bakuru b’Umuryango FPR Inkotanyi bari baje kuyobora iriya nama

Taarifa irakomeza gukurikirana ibibera muri iyi Nteko ikabigeza ku basomyi…

TAGGED:featuredFPRInkotanyiKagameUmuryango
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Burayi Bafite Ubwoba Bw’Intambara Y’Uburyo Bwose Putin Ari Gutegura
Next Article Icyorezo Cya Ebola Muri Repubulika Ya Demukarasi Ya Congo Kigiye No Kugera Mu Baturanyi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?