Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Intiti Y’Umunyarwanda Yahawe Inshingano Muri OMS/WHO
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Intiti Y’Umunyarwanda Yahawe Inshingano Muri OMS/WHO

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 January 2024 10:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Professor Emile Bienvenu ni Umunyarwanda wahawe inshingano zo kuyobora Akanama Ngishwanama k’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi kiga ku buziranenge bw’imiti n’ibiribwa. Akigera mu kazi yahise akoresha inama yakiriwemo abakozi bashya bazakorana.

Urwego agiye kuyobora ni urwego bita Steering Committee for the WHO Member State Mechanism on Substandard and Falsified Medical Products.

Kuba yagizwe umuyobozi w’iri shami rishinzwe kwita ku buziranenge bw’imiti birerekana umwanya Abanyarwanda bafite mu rwego rw’ubuzima ku rwego rw’isi kandi si mu buzima gusa ahubwo hari no zindi nzego mpuzamahanga.

Nta gihe kinini gishizwe Ernest Rwamucyo nawe atorewe kuyobora Inama y’Ubutegetsi ya UNICEF ku rwego rw’isi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Rwamucyo asanzwe ari Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye.

Professor Emile Bienvenu nk’umuntu wari umaze igihe ayobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa, azafasha abagize iriya Komite kurushaho kugira ubumenyi n’ubunararibonye mu byekereye imiti n’uburyo irindwa kwandura mu nyungu z’abatuye isi.

TAGGED:featuredImitiIntitiRwamucyoUbuzimaUmunyarwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inama Y’Umushyikirano 2024 Izibanda Cyane Ku Bumwe Bw’Abanyarwanda
Next Article Rwanda: Abasenateri Barasaba Inzego Guhagurukira Abuzukuru Ba Shitani
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?