Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Intiti Y’Umunyarwanda Yahawe Inshingano Muri OMS/WHO
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Intiti Y’Umunyarwanda Yahawe Inshingano Muri OMS/WHO

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 January 2024 10:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Professor Emile Bienvenu ni Umunyarwanda wahawe inshingano zo kuyobora Akanama Ngishwanama k’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi kiga ku buziranenge bw’imiti n’ibiribwa. Akigera mu kazi yahise akoresha inama yakiriwemo abakozi bashya bazakorana.

Urwego agiye kuyobora ni urwego bita Steering Committee for the WHO Member State Mechanism on Substandard and Falsified Medical Products.

Kuba yagizwe umuyobozi w’iri shami rishinzwe kwita ku buziranenge bw’imiti birerekana umwanya Abanyarwanda bafite mu rwego rw’ubuzima ku rwego rw’isi kandi si mu buzima gusa ahubwo hari no zindi nzego mpuzamahanga.

Nta gihe kinini gishizwe Ernest Rwamucyo nawe atorewe kuyobora Inama y’Ubutegetsi ya UNICEF ku rwego rw’isi.

Rwamucyo asanzwe ari Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye.

Professor Emile Bienvenu nk’umuntu wari umaze igihe ayobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa, azafasha abagize iriya Komite kurushaho kugira ubumenyi n’ubunararibonye mu byekereye imiti n’uburyo irindwa kwandura mu nyungu z’abatuye isi.

TAGGED:featuredImitiIntitiRwamucyoUbuzimaUmunyarwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inama Y’Umushyikirano 2024 Izibanda Cyane Ku Bumwe Bw’Abanyarwanda
Next Article Rwanda: Abasenateri Barasaba Inzego Guhagurukira Abuzukuru Ba Shitani
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?