Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inyama Yishe Umugabo Wo Mu Ruhango
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Inyama Yishe Umugabo Wo Mu Ruhango

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 November 2023 11:38 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku wa Kabiri mu masaha y’umugoroba, umugabo wo mu Murenge wa Byimana, Akagari ka Mpanda yamize inyama y’akabenzi iramuhagama, bagerageza kuyimurutsa biranga iramuhitana.

Ababibonye bemeza ko yagiye kugura intongo imwe, ayishyira mu itama, umwuka urabura, bamwihutana kwa muganga ariko biba iby’ubusa arapfa.

Umwe wabibonye yabwiye BTN ati: “Bampamagaye ngo ngwino urebe ibibaye, ndaza, duhuruza abantu, bamaze kuhagera basanga umugabo yariye inyama yamunize, urumva ko ari impanuka yahuye nayo.”

Nyiri akabari akaba ari nawe ufite icyokezo, avuga ko yagerageje gukora ibishoboka byose ngo atabare ubuzima bw’umukiliya we biranga.

Ati: “Mu masaha ya nimugoroba nari ndi gucuruza, umusaza araza anyaka akabenzi(inyama y’ingurube), araza anyaka ifurusheti ndayimuha, ashinga inyama arayirya. Amaze kuyirya igeze hagati iramuniga, ngira ngo ndebe ko nayimukuramo biranga afunga amenyo, nitabaza abaturage baraza baramfasha, birangira yitabye Imana.”

Yajyanywe ku bitaro bya Kabgayi aba ari aho agwa.

TAGGED:AkabenziIbitaroInyamaRuhangoUmugabo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umushinwa Wubatse Umuhanda Rwandex-Kanogo Yarawusondetse- MININFRA
Next Article U Rwanda Na Guinée Mu Bufatanye Mu By’Indege, Ubucuruzi N’Amahoteli
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?