Inzibutso Enye Zemejwe Kujya Mu Murage W’Isi

Nyuma y’ibiganiro byatangiye mu mwaka wa 2012, UNESCO yemeye ko inzibutso enye za Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda zishyirwa mu bigize umurage w’isi. Izo ni urwibutso rwa Kigali, urwa Bisesero, urwa Murambi n’urwibutso rwa Nyamata.

Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu ivuga ko kuba ziriya nzibutso zashyizwe mu murage w’isi bizafasha mu kurwanya abahakana iriya Jenoside ndetse bikazaba n’uburyo bwiza bwo kwigisha abakiri bato uko iriya Jenoside yagenze.

UNESCO yameje ko izo nzibutso ziba umurage w’isi
Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version