Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: iPhone 16 Igiye Gusohoka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IkoranabuhangaMu mahanga

iPhone 16 Igiye Gusohoka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 August 2024 12:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abakunzi ba telefoni zitwa iPhone bashonje bahishiwe kuko taliki 09, Nzeri, 2024 ari bwo hazasohoka ubwoko bwayo bwa 16 bita iPhone 16.

Kuri iyo taliki nibwo abakozi b’ikigo Apple gifite icyicaro muri California ahitwa Cupertino bazazinduka bafungura amaduka ngo bagurishe iyi telefoni ikunzwe kurusha izindi ku isi ariko ihenda cyane.

Kuri uwo munsi nibwo kandi hazatangazwa ibindi byuma by’ikoranabuhanga bikorwa na kiriya kigo birimo amasaha ya Apple Watch, iPads  n’ibindi.

Hazabonerwaho no gutangazwa imikorere mishya y’ibi byuma by’ikoranabuhanga, ikaba imikorere bita apps mu mvugo y’ikoranabuhanga.

Nyuma y’uko bitangajwe ko iyi  telefoni izasohoka mu kwezi gutaha, abayikunda bihutiye kuri X yahize ati Twitter bahatangariza amashyushyu bayifitiye.

Abenshi muri bo bavuga ko bazayigura batitaye ku giciro cyayo uko cyaba kingana kose.

Iyi telefoni biteganyijwe ko izaba ifite ikoranabuhanga ryiswe Apple Intelligence rizafasha abayikoresha kurushaho kuyibyaza umusaruro.

Bumwe mu mikorere yaryo bumaze iminsi bukoreshwa kuri za mudasobwa witwa ChatGPT nabwo buzaba bwarashyizwe muri iyi telefoni y’akataraboneka.

Ubwoko bwa telefoni za iPhone 16 zizamurikwa  burimo iPhone 16, iPhone 16 Plus, iPhone 16 Pro na  iPhone 16 Pro Max.

TAGGED:CaliforniaIkoranabuhangaiPhonetelefoni
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Abakobwa Batsinze Ibizamini Bya Leta Kurusha Abahungu
Next Article Kabarebe Yahagariye Perezida Kagame Mu Muhango Wo Kwakira Kandidatire Ya Odinga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?