Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: IPhone 16 Yaje
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Utuntu n'Utundi

IPhone 16 Yaje

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 March 2024 2:43 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abakunda telefoni za iPhone bagiye kubona indi yo muri ubu bwoko yo mu gisekuru cya 16. Ni yo igezweho ariko ntirasohoka uretse ko abanyamakuru bo bamaze kumenya bimwe mu bizaba biyigize.

Ikinyamakuru gikora ku ikoranabuhanga kitwa 9to5Google kivuga ko iyo telefoni izaba ifite igifubiko gikozwe mu kinyabutabire bita titanium.

Abatangaje bwa mbere amakuru kuri iyi telefoni iri hafi gusohoka bavuga ko izaba ifite batiri ibika umuriro kurusha izindi zayibanjirije.

Ikindi ni uko izaba ifite ububiko bwa 2TB( ni terabytes ebyiri) ni ukuvuga gigabytes 2000).

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Icyakora kugeza ubu  abasanzwe bazi imikorere y’ikigo Apple bavuga ko hari ubwo abantu bakabiriza ibyuma ikora, bagatangaza ibihuha bagamije gutuma abantu batangira kubika amafaranga yo kuzagura ibyo byuma bw’ikoranabuhanga bigurwa n’umugabo bigasiba undi.

Abasomyi ba Taarifa bazi ko ubu mu Rwanda iPhone zitwa ko zigezweho ari iz’igisekuru cya 4 bita iPhone 14.

Ahandi ariko bamaze igihe runaka bafite iy’igisekuru cya 15.

TAGGED:IgisekuruIkoranabuhangaiPhonetelefoni
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Jacob Zuma Yarokotse Indi Mpanuka
Next Article Gasabo: Amaduka Arindwi Yakongotse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

AI: Igikoresho Cy’Ingirakamaro Ku Munyamakuru Uzi Icyo Ashaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Inkuru ZihariyeMu Rwanda

Upfobya Jenoside Yakorewe Abatutsi Kuri X Yiyita Gitifu Sebatware Yamenyekanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

U Rwanda Mu Mugambi Wo Gushinga Uruganda Ruteranya Ibyogajuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rwanda: Ikoranabuhanga Ryatumye Abantu Bibwa $305,000 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?