Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: IPhone 16 Yaje
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Utuntu n'Utundi

IPhone 16 Yaje

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 March 2024 2:43 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abakunda telefoni za iPhone bagiye kubona indi yo muri ubu bwoko yo mu gisekuru cya 16. Ni yo igezweho ariko ntirasohoka uretse ko abanyamakuru bo bamaze kumenya bimwe mu bizaba biyigize.

Ikinyamakuru gikora ku ikoranabuhanga kitwa 9to5Google kivuga ko iyo telefoni izaba ifite igifubiko gikozwe mu kinyabutabire bita titanium.

Abatangaje bwa mbere amakuru kuri iyi telefoni iri hafi gusohoka bavuga ko izaba ifite batiri ibika umuriro kurusha izindi zayibanjirije.

Ikindi ni uko izaba ifite ububiko bwa 2TB( ni terabytes ebyiri) ni ukuvuga gigabytes 2000).

Icyakora kugeza ubu  abasanzwe bazi imikorere y’ikigo Apple bavuga ko hari ubwo abantu bakabiriza ibyuma ikora, bagatangaza ibihuha bagamije gutuma abantu batangira kubika amafaranga yo kuzagura ibyo byuma bw’ikoranabuhanga bigurwa n’umugabo bigasiba undi.

Abasomyi ba Taarifa bazi ko ubu mu Rwanda iPhone zitwa ko zigezweho ari iz’igisekuru cya 4 bita iPhone 14.

Ahandi ariko bamaze igihe runaka bafite iy’igisekuru cya 15.

TAGGED:IgisekuruIkoranabuhangaiPhonetelefoni
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Jacob Zuma Yarokotse Indi Mpanuka
Next Article Gasabo: Amaduka Arindwi Yakongotse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Andi makuruMu Rwanda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu Rwanda

Ikibatsi Cy’u Rwanda Mu Guteza Imbere Ubwenge Buhangano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

e-Franc Rwandais: Ifarangakoranabuhanga u Rwanda Rushaka Gutangiza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Abana 120 B’Abakobwa Bahuguwe Mu Ikoranabuhanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?