Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Iran Yamanitse Umwongereza Ishinja Kuyineka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Iran Yamanitse Umwongereza Ishinja Kuyineka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 January 2023 8:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

 Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu taliki 14, Mutarama, 2023 ubutegetsi bwa Iran bwatangaje ko bwamanitse umunya Iran ufite inkomoko mu Bwongereza bwahamije ubutasi yakoreraga ikigo cy’ubutasi bw’Abongereza kitwa MI-6.

Uyu mugabo witwa Ali Reza Akbari yigeze gukorera Minisiteri y’ingabo za Iran.

Mu Bwongereza bamaganye ibyo kumanika uriya mugabo, bavuga ko yarenganyijwe.

Ikindi ni uko ngo kuba yaremeye ko yatatiraga Abongereza yabikoreshejwe n’ingoyi yashyizweho.

France 24 yanditse ko ubuyobozi  bwa London bushinja ubw’i Teheran gukoresha iyicarubozo kugira ngo abo bushinja kubutata babyemere.

Muri iki gihe kandi Iran iri guhana abantu ivuga ko bafite uruhare mu myigaragambyo imaze igihe muri kiriya gihugu.

Ivuga ko hari abanyaburayi babiri inyuma ndetse hari n’Umubiligi iherutse gukatira gufungwa imyaka myinshi imushinja kubibamo gashozantambara.

TAGGED:ImyigaragambyoIranManekoUbutegetsi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muhanga: Yavumbuye ‘Mine’ Mu Murima We
Next Article Ruhango: Umupolisi Yaherewe Ruswa ‘Mu Ruhame’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu mahanga

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Macron Mu Ihurizo Ryo Kubona Minisitiri W’Intebe Uhamye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?