Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Ivuga Ko Yagabanyije Gaza Mo Ibice Bibiri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Israel Ivuga Ko Yagabanyije Gaza Mo Ibice Bibiri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 November 2023 2:39 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kugeza ubu ngo hariho Gaza y’Amajyaruguru na Gaza y’Amajyepfo nk’uko Umuvugizi w’ingabo za Israel witwa Lt Col Jonathan Conricus abivuga.

Jonathan Conricus avuga ko ingabo z’igihugu cye zaciyemo kabiri Gaza nyuma kuyihinguranyamo, igice cy’Amajyaruguru kikaba ari cyo bivugwa ko kirimo abarwanyi ba Hamas benshi, mu gihe icy’Amajyepfo abaturage basabwa kuba ari cyo bahungiramo.

Gucamo Gaza kabiri ngo byahaye Israel uburyo bufatika bwo kurwana na Hamas mu buryo bweruye, abaturage batakiri muri iki gice cy’imirwano ikomeye.

Conricus asaba abatuye Gaza bose guhungira mu Majyepfo bakirinda kugerwaho n’ingaruka z’intambara ikomeye izarota mu Majyaruguru mu gihe kiri imbere.

Lt Col Jonathan Conricus

BBC ivuga ko igice Israel ivuga ko kirimo abarwanyi benshi ba Hamas cyamaze gushyirwa mu icuraburindi kubera ko nta mashanyarazi na murandasi biharangwa.

TAGGED:AbarwanyifeaturedGazaHamasIbiceIntambaraIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikawa Ihingwa Mu Ruhango Igiye Kuvugururwa
Next Article Bahaye Inteko Y’Abunzi Ruswa Ngo Irenganye Mushiki Wabo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?