Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Yatangije Ibitero Byeruye Muri Syria 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Israel Yatangije Ibitero Byeruye Muri Syria 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 March 2025 12:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru aturuka muri Israel aremeza ko ingabo z’iki gihugu zatangije ibitero byo ku butaka muri Syria.

Ubwo zinjiragamo, zahuye n’amasasu aremereye yo ku ruhande rw’umwanzi, biba ngombwa ko zitabaza ibitero by’indege.

Iby’ibi bitero kandi byatangajwe n’itangazamakuru ryo mu bihugu by’Abarabu, bikemeza ko Israel iri gushaka kwirukana abarwanyi bo mu bice byinshi bya Syria cyane cyane abakambitse mu bice bituriye Israel uciye mu bitwa bya Golan.

Muri Syria bavuga ko ibitero bya Israel byinjiriye ahitwa Kuwaya mu Majyepfo yayo.

Ibi bitero bigabwe nyuma y’uko mu minsi ishize Israel yasatse isanga hari abantu bafite ububiko bunini bw’intwaro hafi aho.

Birashoboka ko iyo ari imwe mu mpamvu zatumye hategurwa ibitero byo guca intege abantu bose baturiye Israel bafite intego zo kuyihungabanya.

Israel muri iki gihe iri mu ntambara ku mpande enye.

Irarwana na Hamas, ikarwana na Hezbollah, ikarwana n’aba Houthis bo muri Yemen ndetse no muri Syria.

Hezbollah yo isanzwe ikorera muri Lebanon.

TAGGED:IgiteroIngaboIsraelSyria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyarugenge: Abiba Banize Abantu Barafatwa Umusubizo
Next Article Nyamasheke: Ubworozi Bwa Kijyambere Bwa Amafi Buteje Benshi Imbere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Arasaba Ko Umugambi W’Amahoro Wo Guhuza Hamas Na Israel Ugerwaho

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Somalia: Al Shabaab Yagabye Igitero Aho Abarwanyi Bayo Bafungiye

Abagendera Muri Rwandair Bazajya Bareberamo ‘Filimi Nyarwanda’

Abaturiye CIMERWA Bagiye Kwimurwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kigali: U Rwanda Ruraganira Na Afurika Uko Politiki Ya ICT Yahuzwa

Umuhanga Wabwiye Isi Imibereho Y’Impundu Jane Goodall Yapfuye

Perezida Kagame Yashimiye Abanyarwanda Bafannye Igare

Burkina Faso Irapfa Iki Na Côte d’Ivoire ?

Uko Umusaruro Mbumbe W’u Rwanda Uhagaze Mu Gihembwe Cya Kabiri Cya 2025

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?