Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Iyamuremye Woherejwe n’U Buholandi Yakatiwe Gufungwa Imyaka 25
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubutabera

Iyamuremye Woherejwe n’U Buholandi Yakatiwe Gufungwa Imyaka 25

admin
Last updated: 30 June 2021 5:07 pm
admin
Share
SHARE

Urukiko Rukuru – urugereko rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambuka imbibi – rwahanishije igifungo cy’imyaka 25 Iyamuremye Jean Claude nyuma yo kumuhamya icyaha cya Jenoside.

Ubwo yatangazaga icyemezo cy’urukiko kuri uyu wa Gatatu, umucamanza yavuze ko habayeho impamvu nyoroshyacyaha zirimo kuba yarakoze kiriya cyaha cya Jenoside afite imyaka 19 no kuba hari ubuhamya ko hari imiryango yarokoye.

Yoherejwe mu Rwanda n’igihugu cy’u Buholandi mu 2016, aburana ahakana ibyaha, avuga ko atari kwica Abatutsi kandi nyina ari we.

Urukiko ariko rwavuze ko rushingiye ku bimenyetso n’ubuhamya byatanzwe, rusanga yaragize uruhare mu bwicanyi bwakorewe Abatutsi ku Kigo nderabuzima cya Kicukiro n’i Nyanza ya Kicukiro.

Ntabwo Iyamuremye yahise atangaza niba azajurira.

TAGGED:Iyamuremye Jean ClaudeUrukiko Rukuru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwahakanye Umugambi Wo Kwakira Abashaka Ubuhungiro Mu Bwongereza
Next Article Uganda: Abantu Barenga 800 Batewe Inkingo Za COVID-19 Za Magendu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?