Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kabila Yambuwe Ubudahangarwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Kabila Yambuwe Ubudahangarwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 May 2025 8:21 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Kabila yambuwe ubudahangarwa yahabwaga itegeko( Ifoto@France 24)
SHARE

Ubutabera bwa gisirikare bwo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwemerewe gutangira gukurikirana Joseph Kabila nyuma y’uko Inteko ishinga amategeko imwambuye ubudahangarwa yabwaga no kuba Senateri w’ubuzima bwose.

Yahawe icyo cyubahiro hashingiwe ku ngingo iteganywa n’amategeko y’uko uwigeza kuba Umukuru w’Igihugu akava neza ku butegetsi aba Senateri ubuzima bwe bwose, kandi afite ubudahangarwa.

Kuri uyu wa Kane rero nibwo Sena ya DRC yateranye ku busabe bw’Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite, isuzuma kandi yemeza ko Kabila yamburwa ubudahangarwa kugira ubushinjacyaha bwa gisirikare bubone uko bumukurikirana.

Umusenateri witwa Nefertiti Ngudianza uvugira Sena ya DRC niwe waraye usomye icyemezo cya bagenzi be cyo kwambura Kabila ubwo budahangwa nyuma y’uko byemejwe na Komite y’Abasenateri 40 yari iherutse gushyirwaho.

Abasenateri 96 nibo batoye muri rusange, batanu batora Oya naho batatu batora impfabusa.

Ikinyamakuru Africa News kivuga ko ari ubwa mbere mu mateka ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo uwahoze ari Umukuru w’igihugu yamburwa uburenganzira yagenerwaga n’amategeko kugira ngo akurikiranwe.

Kabila ashinjwa ibyaha birimo gushinga umutwe wa politiki na gisirikare wa AFC/M23, kugambanira igihugu no kugira uruhare mu byaha by’intambara.

TAGGED:DRCfeaturedItegekoKabilaSenaUbudahangarwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB Yafunze Abanyamahanga Batatu
Next Article Frank Joe Mu Gahinda Ko Gupfusha Umugore We
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?