Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Agiye Guha Itangazamakuru Ikiganiro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kagame Agiye Guha Itangazamakuru Ikiganiro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 April 2024 10:37 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Kigali Convention Center, Perezida Kagame agiye kuhakorera ikiganiro n’itangazamakuru ryo mu Rwanda ndetse n’irikora ku rwego mpuzamahanga. Ni ikiganiro kiri bugaruke ku byaranze kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 30 n’ibyo yaganiriye na bagenzi be bari baje kwifatanya muri iki gikorwa ngarukamwaka.

Birashoboka kandi ko Perezida Kagame yaza kuvuga ku mvugo bamwe bavuze ko idahwitse y’Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken itita Jenoside yakorewe Abatutsi izina ryayo ahubwo akavuga ko yihanganishije Abahutu, Abatutsi n’Abatwa kubera abantu babo babuze ubuzima mu minsi 100 kubera ‘urugomo’ rukomeye bakorewe.

Ikiganiro Perezida Kagame agiye gutanga gikurikiye icyo mugenzi we w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yaraye ahaye itangazamakuru ry’igihugu cye cyagarutse ku izahuka ry’umubano hagati y’Afurika y’Epfo n’u Rwanda.

Yavuze ko baganiriye no  ku ngingo y’ibiri kubera mu Burasirazuba bwa DRC.

TAGGED:featuredIkiganiroItangazamakuruKagamePerezidaRamaphosaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ab’i Rusizi Bongeye Kubona Amazi
Next Article Nasabye Abanyamerika Kujya Baduha Amahoro Ku Munsi Wo Kwibuka- Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Inshuti Ya Trump Yishwe 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?