Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Agiye Guha Itangazamakuru Ikiganiro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kagame Agiye Guha Itangazamakuru Ikiganiro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 April 2024 10:37 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Kigali Convention Center, Perezida Kagame agiye kuhakorera ikiganiro n’itangazamakuru ryo mu Rwanda ndetse n’irikora ku rwego mpuzamahanga. Ni ikiganiro kiri bugaruke ku byaranze kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 30 n’ibyo yaganiriye na bagenzi be bari baje kwifatanya muri iki gikorwa ngarukamwaka.

Birashoboka kandi ko Perezida Kagame yaza kuvuga ku mvugo bamwe bavuze ko idahwitse y’Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken itita Jenoside yakorewe Abatutsi izina ryayo ahubwo akavuga ko yihanganishije Abahutu, Abatutsi n’Abatwa kubera abantu babo babuze ubuzima mu minsi 100 kubera ‘urugomo’ rukomeye bakorewe.

Ikiganiro Perezida Kagame agiye gutanga gikurikiye icyo mugenzi we w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yaraye ahaye itangazamakuru ry’igihugu cye cyagarutse ku izahuka ry’umubano hagati y’Afurika y’Epfo n’u Rwanda.

Yavuze ko baganiriye no  ku ngingo y’ibiri kubera mu Burasirazuba bwa DRC.

TAGGED:featuredIkiganiroItangazamakuruKagamePerezidaRamaphosaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ab’i Rusizi Bongeye Kubona Amazi
Next Article Nasabye Abanyamerika Kujya Baduha Amahoro Ku Munsi Wo Kwibuka- Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?