Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame mu ijambo rirangiza umwaka 2020
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kagame mu ijambo rirangiza umwaka 2020

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 January 2021 4:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Kane taliki 31, Ukuboza, 2020 nibwo Perezida Paul Kagame yavuze ijambo rirangiza umwaka, arigeza ku batuye u Rwanda. Hari saa tatu z’ijoro

Perezida Kagame mu ijambo rye yagarutse ku ngorane u Rwanda rwahuye nazo muri uwo mwaka cyane cyane zishingiye ku cyorezo COVID-19.

Ntiyabuze gushima ubufatanye bw’Abanyarwanda mu kukirwanya ndetse yongera kubibutsa ko ubwo bufatanye bukenewe no mu mwaka utaha kugira ngo bazarusheho kugihashya.

Umwaka ushize[2019] ubwo yagezaga ijambo nka ririya ku Banyarwanda, Perezida Kagame yashimye umurava bagize mu kwiteza imbere, kandi mu buryo bwagaragariraga buri wese.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Icyo gihe yavuze ko gukomeza muri uwo mujyo ari ingenzi.

Mu kiganiro aherutse guha Abanyarwanda avuga ku buzima bw’igihugu, Kagame yavuze ko n’ubwo COVID-19 yakoze mu nkokora ibyo bari bariyemeje kugeraho, ariko batemeye guhera hasi ahubwo bagakora uko bashoboye kugira ngo igihugu gikomeze kibeho.

Umwaka wa 2020 ugiye kurangira Icyorezo cya COVID-19 kimaze kwica Abanyarwanda 86.

Yaraye abwiye Ingabo gukomeza kuzirikana agaciro k’ubuzima bw’Abanyarwanda…

Mu butumwa yaraye ageneye ingabo z’u Rwanda n’abandi bakora mu mutekano, Perezida Kagame yazibwiye ko agaciro k’Abanyarwanda ari kanini k’uburyo kubitangira amaraso akameneka bibaye ngombwa bikorwa.

- Advertisement -

Yabifurije kuzagira umwaka mushya muhire wa 2021 ariko abibutsa ko batagomba gutezuka ku muhati wabo wo kurinda Abanyarwanda mu buryo bwose.

Perezida Kagame yashimye abasirikare b’u Rwanda n’abapolisi bari mu mahanga kuhagarura umutekano, ababwira ko akazi bakorera mu mahanga gashimwa n’Abanyarwanda bose kandi ko azirikana umuhati wabo n’ubwo bari kure y’imiryango yabo muri izi mpera z’umwaka wa 2020.

TAGGED:AbanyarwandaCOVID-19featuredKagamePerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umupolisi yafatiwe mu itsinda ry’abiba ibiryabarezi, ubuyobozi bwe bwamwamaganye
Next Article N’ubwo muri 2020 twahuye n’ibibazo ariko ejo ni heza-Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?