Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yaganiriye N’Umuyobozi W’Intara Y’u Budage Imaze Imyaka 40 Ifatanya N’u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Umuyobozi W’Intara Y’u Budage Imaze Imyaka 40 Ifatanya N’u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 February 2022 6:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’igihugu yaraye ahuye na Madamu Malu Drayer uyobora Intara ya Rhénanie-Palatinat. Afite inshingano zimuha uburenganzira bwo kwitwa Minisitiri akaba na Perezida wa Rhénanie-Palatinat, imwe mu Ntara z’u Budage.

Ku rukuta rw’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, handitseho ko Perezida Paul Kagame na Malu Dreyer bagiranye ibiganiro ku ngingo zireba ibice by’ubuzima bw’u Rwanda iriya Ntara imaze imyaka 40 irufasha mu kwiteza imbere.

Ubufatanye hagati y’u Rwanda na Rhénanie-Palatinat bukorerwa mu nzego zirimo uburezi, ubuzima…byose bigamije ubukungu burambye.

Rhénanie-Palatinat (mu Kidage bandika Rheinland-Pfalz) ni imwe mu Ntara 16 zihuje zikora Leta y’u Budage.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Rhénanie-Palatinat (mu Kidage bandika Rheinland-Pfalz) ni imwe mu Ntara 16 zihuje zikora Leta y’u Budage.

Yashinzwe taliki 30, Kanama, 1946 ikaba iherereye mu Majyaruguru y’u Budage.

Byakozwe ku bwumvikane busesuye bwa kamarampaka yamejwe nyuma y’ivugurura ry’Itegeko nshinga ryatowe taliki 18. Gicurasi, 1947.

Leta ya Rhénanie-Palatinat ituwe n’abaturage miliyoni enye, muri bo abarenga 317,000 ni abanyamahanga bahasuhukiye.

Iyi Leta iyobora igihugu gifite ubuso bwa 19 848 km2 , ubucucike bw’abaturage bukaba bungana n’abaturage 203 kuri kilometero kare( 203 hab./km2).

Ituranye n’u Bufaransa n’u Bubiligi( ku gice cya Wallon)

- Advertisement -

Umubano w’u Rwanda na Rhéneland-Palatinat  watangiye mu mwaka wa 1982.

Ni umubano ushingiye ku mikoranire hagati y’abatuye izi mpande zombi, abaturage bakagenderana, kandi abafite icyo barushije abandi bakakibabafashamo.

Madamu Malu Drayer uyobora Intara ya Rhénanie-Palatinat
Perezida Kagame yanditse mu gitabo cy’abashyitsi basuye iriya Ntara

 

TAGGED:BudagefeaturedKagamePerezida RwandaUmubano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abadepite Batoye Umushinga Bari Baherutse Kugezwaho Na Minisitiri Ndagijimana
Next Article Impamvu Hari Abatitabira Ubwizigame Bwa ‘Ejo Heza’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?