Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yakiriye Umujyanama Wa Sunak Mu By’Ubucuruzi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Kagame Yakiriye Umujyanama Wa Sunak Mu By’Ubucuruzi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 January 2024 6:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kagame yakiriye mu Biro bye Lord Dolar Popat uyu akaba ari umujyanama wa Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Rishi Sunak ushinzwe ubucuruzi.

Uyu munyacyubahiro ari mu Rwanda mu rwego rwo kwitabira Inama ihuza u Rwanda n’Ubwongereza yitwa UK-Rwanda Forum yatangiye kuri uyu wa Mbere taliki 29, Mutarama, 2024 ikazarangira kuri uyu wa Gatatu taliki 31 uku kwezi.

Ku rubuga rwa X rw’Ibiro by’Umukuru w’igihugu handitse ko Perezida Kagame yaganiriye na Lord Popat ku ngingo zireba ubufatanye bw’u Rwanda n’Ubwongereza mu nzego z’ishoramari kugira ngo bikomeze kuzamura ubukungu bw’u Rwanda.

Ubwongereza ni umufatanyabikorwa w’u Rwanda mu myaka irenga 20 ishize.

Baron Popat ni Umwongereza ufite inkomoko muri Uganda. Yavutse taliki 14, Kamena, 1953.

Mu Rwanda yazanye n’abandi bashoramari bagera ku 100 baje kwigira hamwe na bagenzi babo bo mu Rwanda aho babona Ubwongereza bwashora imari ndetse n’aho babona hashyirwa imikoranire muri uru rwego no mu zindi zakumvikanwaho.

Ubwongereza burashaka kureba aho bwakongera ishoramari ryabwo mu Rwanda.
TAGGED:BwongerezafeaturedIshoramariKagamePopatRwandaUbucuruzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwagiranye Amasezerano N’Ikigo Cy’Abongereza Gitunganya Amabuye Y’Agaciro
Next Article Iminsi 100 Irashize Israel Na Hamas Barwana, Ese Ingabo Z’Iki Gihugu Zaherekanye Ubudatsimburwa?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?