Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yakiriye Umujyanama Wa Sunak Mu By’Ubucuruzi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Kagame Yakiriye Umujyanama Wa Sunak Mu By’Ubucuruzi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 January 2024 6:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kagame yakiriye mu Biro bye Lord Dolar Popat uyu akaba ari umujyanama wa Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Rishi Sunak ushinzwe ubucuruzi.

Uyu munyacyubahiro ari mu Rwanda mu rwego rwo kwitabira Inama ihuza u Rwanda n’Ubwongereza yitwa UK-Rwanda Forum yatangiye kuri uyu wa Mbere taliki 29, Mutarama, 2024 ikazarangira kuri uyu wa Gatatu taliki 31 uku kwezi.

Ku rubuga rwa X rw’Ibiro by’Umukuru w’igihugu handitse ko Perezida Kagame yaganiriye na Lord Popat ku ngingo zireba ubufatanye bw’u Rwanda n’Ubwongereza mu nzego z’ishoramari kugira ngo bikomeze kuzamura ubukungu bw’u Rwanda.

Ubwongereza ni umufatanyabikorwa w’u Rwanda mu myaka irenga 20 ishize.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Baron Popat ni Umwongereza ufite inkomoko muri Uganda. Yavutse taliki 14, Kamena, 1953.

Mu Rwanda yazanye n’abandi bashoramari bagera ku 100 baje kwigira hamwe na bagenzi babo bo mu Rwanda aho babona Ubwongereza bwashora imari ndetse n’aho babona hashyirwa imikoranire muri uru rwego no mu zindi zakumvikanwaho.

Ubwongereza burashaka kureba aho bwakongera ishoramari ryabwo mu Rwanda.
TAGGED:BwongerezafeaturedIshoramariKagamePopatRwandaUbucuruzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwagiranye Amasezerano N’Ikigo Cy’Abongereza Gitunganya Amabuye Y’Agaciro
Next Article Iminsi 100 Irashize Israel Na Hamas Barwana, Ese Ingabo Z’Iki Gihugu Zaherekanye Ubudatsimburwa?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?