Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri Gatabazi Yasuye Ahangijwe N’Ibiza Mu Burengerazuba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Minisitiri Gatabazi Yasuye Ahangijwe N’Ibiza Mu Burengerazuba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 May 2021 1:06 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Jean Marie Vianney Gatabazi uyobora Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangiye uruzinduko mu Ntara y’i Burengerazuba. Rugamije gusuzuma ubukana ibiza birimo n’imvura imaze igihe byagize ku bikorwa remezo no kureba icyakorwa ngo bisanwe kandi abaturage byangirije babe bafashwa.

Kuri uyu wa Gatatu yatangiriye mu Karere ka Ngororero, asura umuhanda wa Kaburimbo uva mu Karere ka Muhanga ugana Ngororero. Uyu muhanda wangirikiye ahitwa Muhororo mu Kagari ka Rugogwe.

Minisitiri Gatabazi ari kumwe na Major Gen Alexis Kagame uyobora ingabo mu Ntara y’i Burengerazuba

Mu minsi ishize Guverineri w’Intara y’i Burengerazuba Habitegeko François  yageze mu Karere ka Ngororero areba uburyo ibikorwaremezo by’umwihariko imihanda yangijwe n’ibiza.

Icyo gihe yabanje mu muhanda Kazabe- Sovu. Yari ari kumwe na Komite Nyobozi y’Akarere n’inzego z’umutekano ku rwego rw’Intara n’Akarere.

Yasuye n’umuhanda werekeza ku murenge wa Ngororero no ku kigo nderabuzima cya Nyange A.

Amakuru Taarifa ifite avuga ko hari ahandi hantu henshi Minisitiri Gatabazi azasura muri kariya gace, ariko turacyabaza abakozi ba Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu bashinzwe itumanaho ngo tumenye aho Minisitiri Gatabazi azakorera n’igihe urugendo rwe ruzamara.

Uriya muhanda wacikiye mu murenge wa Muhororo mu Kagari ka Rugogwe
TAGGED:featuredGatabaziKaburimboMinisitiriNgororeroNyangeUruzinduko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abimukira Bava Muri Maroc Bongeye Kugana Uburayi Ari Benshi
Next Article Umuhanzi Mr Eazi Agiye Kubaka Inzu Igezweho Y’Ubukerarugendo Ku Kivu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanyarwanda Banywa Ikawa Ni 5%-NAEB

Tuzakomeza Gukorana N’u Rwanda No Mu Guhanga Udushya-Amb Wa Israel

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

You Might Also Like

Mu mahanga

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibidukikije

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?