Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yasabye Arsenal Gukomeza Gutsinda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoPolitiki

Kagame Yasabye Arsenal Gukomeza Gutsinda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 February 2025 8:05 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Perezida Kagame akunda Arsenal( Ifoto@Kigali Today)
SHARE

Nyuma yo kubona ko ikipe akunda itsinde iyo byari bihanganye mu buryo budasubirwaho, Perezida Paul Kagame yanditse kuri X agaragaza ibyo byishimo kandi asaba Arsenal yari imaze gutsinda Man City 5-1 gukomereza aho.

Yanditse ati: “Arsenal/ Abarashi mukomereze aho. Reka dukomeze.”

Abakinnyi ba Arsenal bayigejeje kuri iriya ntsinzi ni Martin Odegaard watsinze igitego cya mbere ku munota wa kabiri, Thomas Partey ku munota wa 56, Lewis-Skelly ku munota wa 62, Kai Havertz ku munota wa 76 na Ethan Nwaneri watsinze ku munota wa gatatu w’inyongera, mu gihe Man City yatsindiwe na Erling Haaland ku munota wa 55.

Arsenal ubu iri ku mwanya wa kabiri n’amanota 50, ikabanzirizwa na  Liverpool ya mbere ifite amanota 56, mu gihe Man City iri ku mwanya wa kane n’amanota 41.

Arsenal isanzwe ifite amasezerano yagiranye n’u Rwanda yo kurwamamariza izina ryarwo rikagera kure, rugasurwa na benshi binyuze muri gahunda yiswe Visit Rwanda.

Reba iby’ingenzi byaranze ibyo bitego:

Making a statement.

Enjoy the highlights from today's 5-1 success over Manchester City at Emirates Stadium, Gooners 🍿 pic.twitter.com/waZ4NP5SjJ

— Arsenal (@Arsenal) February 2, 2025

TAGGED:ArsenalfeaturedIntsinziKagameMan City
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC Irabiba Urwango Mu Baturage Ngo Bange u Rwanda
Next Article Ingabo 2000 Za Afurika Y’Epfo Zabuze Uko Ziva i Goma
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?