Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame yashimye ‘Senegal’ Yatwaye AFCON
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoUbubanyi n'Amahanga

Kagame yashimye ‘Senegal’ Yatwaye AFCON

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 January 2026 7:20 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Perezida Kagame yari ahibereye.
SHARE

Perezida Paul Kagame wari aho umukino urangiza amarushanwa y’igikombe cya Afurika cy’ibihugu wabereye, yashimye ikipe ya Senegal yitwa les Lions de la Teranga kuba ari yo yacyegukanye  nyuma yo gutsinda Maroc yari yarakiriye iri rushanwa igitego kimwe k’ubusa.

Uyu mukino wabereye kuri Stade yitwa Prince Moulay Abdellah mu ijoro ryo ku Cyumweru, tariki ya 18, Mutarama, 2026.

Kuri X, Kagame yanditse ati: “Ndabashimiye mbikuye ku mutima mwe Les Lions de la Teranga kuba mutwaye iki gikombe kandi rwose mwari mubikwiye. Biragaragaza ko mwagikiniye mufite kuzuzanya, kwihangana no gukina neza. Ndashima na Maroc uko yakinnye no kuba yarateguye neza imikino yo kugihatanira, abayitabiriye bakakirwa neza.”

Reba video y’incamake y’uko Perezida Kagame yitabiriye uyu mukino:

President Kagame attends #AFCON25 final game. pic.twitter.com/pBo0b07XEN

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) January 19, 2026

Igitego rukumbi cyabonetse muri uyu mukino cyatsinzwe na Pape Gueye ku munota wa 93, nyuma yo kongeraho iminota 30 yo kwikiranura kuko amakipe yari yaguye miswi.

Senegal yegukanye igikombe cya Afurika ku nshuro ya kabiri nyuma y’icyo yegukanye mu mwaka wa 2021.

Igitaha kizakinwa mu mwaka wa  2027,  kikazakinirwa muri Afurika y’Uburasirazuba muri Tanzania, Kenya na Uganda.

Ijambo Teranga ryitirirwa Ikipe ya Senegal rivuga iki?

Teranga ni ijambo ryo mu rurimi gakondo rwa Senegal bita Wolof.

Rishingiye ku muco w’aho wo kwakirana ubwuzu abashyitsi, ukabazimanira hagataha bakwirahira.

Rikubiyemo byinshi birimo kwakira neza abakugana, ukagira ubuntu n’ubumuntu, ukubaha, ukagirana n’abandi ubufatanye kandi ugakomeza gukunda igihugu cyawe n’umuco wacyo.

Ni ijambo rikomeye muri Senegal ku buryo baryitiriye ikipe y’igihugu ndetse hari n’abita Senegal ngo ‘Pays de la Teranga’.

TAGGED:featuredGushimiraIgikombeIkipeImikinoMarocSenegal
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imisemburo Y’Abagore Niyo Ibatera Kurwara Umutwe Kenshi
Next Article Yajyanywe Kuri RIB Nyuma Yo Gushaka Kwiyahura Bikanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

Abasenateri Barashaka Kumenya Uko Ubworozi Bw’u Rwanda Bubungabunzwe

Gari Ya Moshi Zagonganye Hapfa Abantu 21

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

You Might Also Like

Ubumenyi Rusange

Imisemburo Y’Abagore Niyo Ibatera Kurwara Umutwe Kenshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'Ubuhanga

Bigenda Gute Ngo Umubiri Wakomeretse Wisane?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Rayon Sports Yatandukanye Na Kapiteni Wayo Bamaranye Imyaka Ibiri N’Igice

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Shampiyona Y’Abagore Y’u Rwanda Izajya Ica Kuri Rubuga Rwa FIFA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?