Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yemeye Kuzashyigikira Odinga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yemeye Kuzashyigikira Odinga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 March 2024 11:09 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame avuga ko azashyigikira kandidatire ya Raila Odinga ushaka kuzayobora Komisiyo y’Ubumwe bw’Afurika mu mwaka wa 2025 ubwo manda ya Moussa Faki Mahamat izaba irangiye.

Odinga yari aherutse mu Rwanda kubiganiraho na Perezida Kagame.

Hagati aho kandi hari n’abandi bakuru b’ibihugu byo mu Karere u Rwanda ruherereyemo barangije kumwizeza kuzamuba inyuma muri uko kwiyamamaza kwe.

Amatora ya Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe azaba muri Gashyantare, 2025.

Umunyapolitiki Raila Odinga afite imyaka 78 y’amavuko, akaba ari we ukomeye mu bandi bakora Politiki batavuga rumwe n’ubutegetsi buyoboye Kenya.

Perezida Kagame yaraye abwiye NTV ko azashyigikira Odinga kuko ngo n’igihe yari Komiseri ushinzwe iterambere ry’ibikorwa remezo mu Muryango w’Afurika yunze ubumwe, yakoze akazi ke neza.

Ni inshingano yakoze hagati y’umwaka wa 2018 n’umwaka wa 2023

Perezida Kagame ati: “ Tuzamushyigikira.”

Umwanya wa Perezida wa Komisiyo y’uyu muryango uhatanirwa nyuma ya buri myaka ine.

Moussa Faki we yari amaze kuwuyobora imyaka umunani kuko yabitorewe muri manda ebyiri.

Yatowe bwa mbere mu mwaka wa 2017.

TAGGED:AfurikafeaturedKagameOdingaPerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hari Ibice Bya Kivu Y’Amajyaruguru M23 Iri Gufata Itarwanye
Next Article Diamond Yahagaritse Ubukwe Ku Munota Wa Nyuma
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?