Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yitabiriye Umuhango Wo Guha Impamyabumenyi Abarangije Kaminuza Ya ALU
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Kagame Yitabiriye Umuhango Wo Guha Impamyabumenyi Abarangije Kaminuza Ya ALU

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 June 2024 1:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo guha abanyeshuri bo muri Kaminuza yigisha ubuyobozi , Africa Leadership University, impamyabumenyi. Yanahaherewe icyemezo cy’ubucuti afitanye n’ubuyobozi bw’iyi Kaminuza.

Mu ijambo rye, Perezida Kagame yashimiye abamuhaye impamyabumenyi, avuga ko ubumenyi bahaherewe bugomba kuzaba ingirakamaro kuri bo no ku gihugu muri rusange.

Avuga ko u Rwanda rwishimira ko rwubatswemo iriya Kaminuza kugira ngo ihe abanyeshuri ubumenyi bakeneye mu by’ubuyobozi baba abakomoka mu Rwanda n’ahandi muri Afurika.

Perezida Kagame avuga ko Afurika ifite ubushobozi bwo kwikemurira ibibazo.

Ati: “ Tugomba kumenya guhangana n’ibibazo bitureba ubwacu kandi tukumva ko kubikora gutyo ari ibintu byihutirwa”.

Kagame avuga ko ababyeyi bo muri Afurika bagombye kwinjiza mu bana babo amahame y’uko ibintu bikwiye gukorwa, y’uko ari bo mizero y’umugabane wabo.

Yasabye abarangije amasomo yabo muri iriya Kaminuza kumva ko ibibazo by’umugabane w’Afurika ari bp bazabibonera umuti.

Avuga ko u Rwanda rwasanze ari rwo rukwiye kwishakira ibisubizo kandi rubikora mu buryo bwose bushoboka, rwirinda gucika intege.

Kuri we, icy’ingenzi ni ugukorana umurava nta gucika intege.

TAGGED:featuredImpamyabumenyiKagameKaminuza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Abashatse Guhirika Ubutegetsi Baragezwa Mu Rukiko
Next Article Senateri Mupenzi YEGUYE
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Abanywera Urumogi Muri Gereza Baburiwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?