Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 October 2025 5:36 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kamala Harris wigeze kuba Visi Perezida wa Amerika avuga ko n’ubwo aherutse gutsindwa amatora yo kuba Perezida wa Amerika, atarazibukira uwo mugambi.

Avuga ko agifite akayihayiho ko kongera kwiyamamaza ngo arebe ko Abanyamerika bamutorera kubayobora.

Yabwiye BBC ko mu gitabo aherutse kwandika yise ‘ 107 Days’ yanditse mo ko ataracika intege, ayemerera ko rwose azongera akiyamamaza.

Ati: “Ubuzima bwanjye bwose nabumaze nkorera abandi kandi sindacika intege.”

Abajijwe niba yaramaze kubibyemeza mu buryo bwa burundu, Kamala Harris yasubije ko icyo kiciro kitaragerwaho.

Uyu mugore wabaye uwa mbere wabaye Visi Perezida wa Amerika, yemeza ko mu gihe kiri imbere hari umugore uzategeka Amerika.

Harris aherutse gutsindwa amatora y’Umukuru w’igihugu yari ahanganyemo na Donald Trump.

Yabikoze nyuma yo kubisabwa n’abo mu Ishyaka rye ry’Abademukarate bamaze kubona ko Joe Biden ananiwe kubera ubusaza k’uburyo atari agishoboye kuyobora.

Amahirwe ntiyamusekeye kuko yatsinzwe mu mwaka wa 2024, ubwo yabonaga amajwi 75,009,338 yose angana na 48.4% akaba yari menshi gusa Trump we atsinda muri za Leta zikomeye mu mitorere bituma amutsinda.

TAGGED:AmerikaBidenfeaturedHarrisKamalaKwiyamamazaTrumpUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri
Next Article Zaria Igiye Kubona Umufatanyabikorwa Ukomeye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ruhango: Arakekwaho Kwicisha Nyirakuru Inkoni

Kicukiro: Abagore Bigishijwe Ko Burya Amafaranga Abyara Andi

Trump Ati: “BBC Ngomba Kuyirega Byanze Bikunze”

2.9% By’Abanyarwanda Bafite Diyabete:RBC

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Nyamasheke: Abaturage Barasaba Kugabanyirizwa Tike Y’Ubwato Bubafasha Kujya Guhaha

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?