Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 October 2025 5:36 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kamala Harris wigeze kuba Visi Perezida wa Amerika avuga ko n’ubwo aherutse gutsindwa amatora yo kuba Perezida wa Amerika, atarazibukira uwo mugambi.

Avuga ko agifite akayihayiho ko kongera kwiyamamaza ngo arebe ko Abanyamerika bamutorera kubayobora.

Yabwiye BBC ko mu gitabo aherutse kwandika yise ‘ 107 Days’ yanditse mo ko ataracika intege, ayemerera ko rwose azongera akiyamamaza.

Ati: “Ubuzima bwanjye bwose nabumaze nkorera abandi kandi sindacika intege.”

Abajijwe niba yaramaze kubibyemeza mu buryo bwa burundu, Kamala Harris yasubije ko icyo kiciro kitaragerwaho.

Uyu mugore wabaye uwa mbere wabaye Visi Perezida wa Amerika, yemeza ko mu gihe kiri imbere hari umugore uzategeka Amerika.

Harris aherutse gutsindwa amatora y’Umukuru w’igihugu yari ahanganyemo na Donald Trump.

Yabikoze nyuma yo kubisabwa n’abo mu Ishyaka rye ry’Abademukarate bamaze kubona ko Joe Biden ananiwe kubera ubusaza k’uburyo atari agishoboye kuyobora.

Amahirwe ntiyamusekeye kuko yatsinzwe mu mwaka wa 2024, ubwo yabonaga amajwi 75,009,338 yose angana na 48.4% akaba yari menshi gusa Trump we atsinda muri za Leta zikomeye mu mitorere bituma amutsinda.

TAGGED:AmerikaBidenfeaturedHarrisKamalaKwiyamamazaTrumpUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Guhurira Muri Amerika Kwa Kagame Na Tshisekedi Kwimuriwe Mu Ugushyingo

Muri Somalia Byifashe Bite?

Côte d’Ivoire: Miliyoni Umunani Bitabiriye Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

U Rwanda Rugiye Kubaka Irindi Shuri Rihambaye Ry’Ubuhinzi N’Ubworozi

Abanyamerika Baramagana Perezida Wabo

Rwamagana: Uruganda SteelRwa Rukomeje Kuba Ikibazo Ku Buzima Bw’Abaturage

U Rwanda Rugiye Kwakira Inama Y’Abagaba Bakuru B’Ingabo Muri Afurika 

Ubufaransa Bugiye Gukoresha Inama Ku Mutekano Mu Karere

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Nta Byinshi Dufite Byo Gusesagura- Kagame Abwira Sena

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Byaba Byagenze Gute Ngo Amerika Ihagarike Gukorana Na Israel?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

DRC: Gusimbura Vital Kamerhe Bikomeje Kugorana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?