Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kamonyi: Haravugwa Umugabo Wishe Umugore We Amunize
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Kamonyi: Haravugwa Umugabo Wishe Umugore We Amunize

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 January 2024 4:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Iki kiraro kiri mu masangano ya Nyarugenge na Kamonyi
SHARE

Hakizimana Célestin wo mu Karere ka Kamonyi aravugwaho kuniga umugore we Nyirantiyiremye Donatha akamwica. Bombi bafite imyaka 45 y’amavuko.

Ibi byaha bivugwa ko byabaye mu Mudugudu wa Giheta, Akagari ka Cyambwe mu Murenge wa Musambira mu Karere ka Kamonyi.

N’ubwo ari uko bivugwa ko byagenze, ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi witwa Dr. Nahayo Sylvère yabwiye bagenzi bacu ba UMUSEKE ko ku rutonde rw’abaturage bafitanye amakimbirane n’abo bashakanye, umuryango w’uriya mugabo utari urimo.

Ati: “Ntabwo bari basanganywe amakimbirane kuko no ku rutonde rw’abo dufite abo bataruriho.”

Gusa bisa n’aho hari amakuru ubuyobozi butari bubafiteho kubera ko abaturage bo bavuga ko uriya muryango wari ufitanye amakimbirane ashingiye ku mitungo.

Bavuga ko no ku wa Kane w’Icyumweru gishize, umugabo yaje yitotomba kugera ubwo atemye amateke, ashaka ko umugore agira icyo abivugaho ariko undi aricecekera.

Dr.Nahayo yasabye abaturage ko bajya birinda amakimbirane.

Ati: “Buri muturage agomba kuba ijisho rya mugenzi we, ahubwo bakajya bihutira gutangira amakuru ku gihe y’ahavugwa ibibazo by’ubwimvikane buke.”

Ukekwaho iki cyaha acumbikiwe kuri Sitasiyo ya RIB ya Musambira.

Umurambo w’umugore wajyanywe mu bitaro bya Polisi ku Kacyiru kugira ngo ukorerwe isuzuma.

TAGGED:featuredKamonyiKunigaMeyaNahayoUmugaboUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Basaba Ko Inguzanyo Baka Banki Zajya Zihutishwa
Next Article Papa Yashimangiye Ko Guha Umugisha Ababana Bahuje Ibitsina Bifite Ishingiro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?