Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kanye West Yahuje Ikirango Cy’Abanazi N’Ikirango Cy’Abayahudi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Kanye West Yahuje Ikirango Cy’Abanazi N’Ikirango Cy’Abayahudi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 December 2022 9:18 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo gukomeza kwerekana ko atishimira Abayahudi, Kanye West( ubu yiswe Ye) yafashe ikirango cy’Abanazi bita Swastika agiseseka mu kirango cy’Abayahudi ari cyo ‘Inyenyeri ya Dawidi’.

Ye yahise ashyira kuri Twitter iyo foto, birongera biteza umwuka mubi kuri uru rubuga.
Nyirarwo witwa Elon Musk yahise amubwira ko ibyo akoze, arengereye, ko guhuza biriya bintu byombi, ubundi ari sakirirego.

Kanye West yamubajije uwamugize umucamanza, undi amusubiza ko ibyo ari kumubwira atari ukumucira urubanza, ahubwo ari ukumuhana nk’umuvandimwe.

Icyakora byaje kurangira Musk ategetse ko Kanye yongera akavanwa kuri Twitter.

Mbere y’uko ibintu bigera aho, Kanye yari yabanje kubwira abanyamakuru ko burya yikundira Adolf Hitler ndetse ngo hari byinshi amushima.

Inyenyeri ya Dawidi iba mu ibendera rya Israel. Ni ikirango cy’umusekuruzawabo Dawidi

Avuga ko abantu batagombye guhora banenga Abanazi nk’aho batari abantu nk’abandi.

Umunyamakuru  witwa Jones yabwiye Ye ko Abanazi  bakoze ibintu bibi, ko kubashimagiza bidakwiye, undi amusubiza ko hari n’ibyiza bakoze.

Abayahudi barakaye…

Norm Coleman yavuze ko Kanye West amaze kurenga ihaniro

Nyuma y’ibi, abayobozi bakuru b’Umuryango w’Abayahudi baba muri Amerika witwa Republican Jewish Coalition batangaje ko noneho Ye ‘yarenze imbibi.’.

Ngo kuba yerura agashimagiza Hitler ndetse agahuza ikirango z’Abanazi n’inyenyeri ya Dawidi ari ikimenyetso cy’urwango rukomeye afitiye Abayahudi, kandi ibyo yakoze bikwiye kwamaganwa.

Twibuke ko Abanazi bari bagize ishyaka rya Adolf Hitler ryakoreye Abayahudi Jenoside yahitanye abageri kuri Miliyoni esheshatu mu Burayi bwose.

Ikirango cy’Abanazi bita Swastika
TAGGED:AbanaziAbayahudifeaturedJenoside
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article UN Yatanze Impuruza Kuri Jenoside Ishoboka Muri DRC
Next Article Perezida Ramaphosa Arateganya Kwegura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?