Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kazakhstan Irashaka Icyayi Kinshi Gituruka Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Kazakhstan Irashaka Icyayi Kinshi Gituruka Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 November 2022 9:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kohereza hanze ibikomoka k’ubuhinzi, NAEB, gitangaza ko isoko ry’iki gihingwa muri Kazakhstan riri kwaguka cyane.

Ngo mu Cyumweru gishize, u Rwanda rwohereje hanze Toni 780.6 birwinjiriza $2,275,073.

Aho rwohereje icyayi kinshi ni muri Pakistan, Kazakhstan no mu Bwongereza.

Kazakhstan  yari kimwe mu bihugu  byahoze bigize Leta zunze ubumwe z’Abasoviyete.

Kazakhstan nicyo gihugu mu byahoze bigize Leta zunze ubumwe z’Abasoviyete cyabonye ubwigenge nyuma y’ibindi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ni mu mwaka wa 1991.

Data for #Rwanda-n tea exports for last week:
➡️ Export volumes: 780.6MT
➡️ Export revenues: USD2,275,073
➡️ Main countries of destinations: Pakistan, Kazakhstan, and the United Kingdom#RwandaTea#ANaturalReawakening pic.twitter.com/kBkjH8bDqT

— Rwanda Tea (@RwandaTea) October 31, 2022

Ikigo gishinzwe ibarurishamibare muri  Kazakhstan ivuga isoko ryabo rikeneye icyayi kinshi kuko ngo hagati y’umwaka wa 2022 n’umwaka wa  2025 rizazamukaho  6.62%.

Ikindi kandi ni uko icyayi cyinjiriza iki gihugu amadolari menshi akandi arushaho kwiyongera.

Biteganyijwe ko mu mwaka wa 2025 icyayi kizaba kinyobwa henshi muri kiriya gihugu kubera ko ijanisha riri hagati ya  30%   na 3% by’iki kinyobwa rizaba rinyobwa mu tubari, resitora  n’ahandi hatari mu ngo z’abatuye Kazakhstan.

- Advertisement -

Mu mwaka wa 2023 kandi ngo ubwinshi bw’icyayi abanya Kazakhstan banywa buziyongera ho 9.2%.

Mu Cyumweru gishize kandi, u Rwanda rwoherereje amahanga ikawa ifite agaciro ka $2,988,640, ikilo kimwe kikaba cyaraguraga $7.1.

Ikawa nyinshi yoherejwe muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, u Buholandi, muri Koreya y’epfo, mu Busuwisi no muri Pologne.

Ibindi u Rwanda rwoherereje amahanga birimo ibikomoka ku matungo byarwinjirije $236,092, ibinyampeke byarwinjirije $1,542,940, ibinyamafufu byarwinjirije $231,698, ibinyamisogwe byarwinjirije $153,284, ibihwagari n’ibindi byo muri ubu bwoko bwarwinjirije 1,862,717 n’ibindi bihingwa byose hamwe byarwinjirije $619,696.

Revenues from other agri-export products of last week:
➡️Animal products: USD236,092
➡️Cereals, grains & flour: USD1,542,940
➡️Roots & tubers: USD231,698
➡️Pulses: USD153,284
➡️Oleaginous crops: USD1,862,717
➡️Other products: USD619,696

Main destinations: DRC, Qatar, & Ethiopia pic.twitter.com/F6MFZrq8UR

— NAEB (@RwandAgriExport) October 31, 2022

TAGGED:AmerikafeaturedIgihuguKazakhstanNAEB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kigali: Polisi Irashakisha Umuturage Wakoraga Inzoga Yitwa ‘Igikwangari’
Next Article Pariki Y’Akagera Yinjirije U Rwanda $ 1,500,000
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?