Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kazungu ‘Ashobora’ Kuzaburanishirizwa Mu Ruhame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kazungu ‘Ashobora’ Kuzaburanishirizwa Mu Ruhame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 September 2023 7:34 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Kicukiro witwa Antoine Mutsinzi avuga ko bishoboka ko Denis Kazungu uvugwaho kwica urubozo abantu akabajugunya mu cyobo kiri iwe azaburanishirizw amu ruhame.

Avuga ko kumuburanishiriza mu ruhame bishoboka kubera ko hari n’undi muntu nawe wavugwaho ubwicanyi muri Kanombe, Akagari ka Busanza wigeze kuburanishirizwa mu ruhame.

Iby’uko yazaburanishirizwa mu ruhame kandi byari byasabwe n’abatuye Umudugudu wa Gishikiri aho ukekwa yari atuye, bakavuga ko bashaka kumva icyari kimuri ku mutima ubwo yicaga bariya bantu.

Mutsinzi Antoine

Ikindi ngo byatuma n’abandi bafite imigambi nkiye bayireka.

Hari umwe mu batuye uriya mudugudu bwabwiye The New Times ko Kazungu aramutse aburaniye muri kiriya gice byatuma bamenya niba nta handi yigeze akorera biriya byaha.

Amakuru avuga ko hamwe mu hantu yatuye mbere y’uko ajya i Kanombe harimo ahitwa Kwa Rwahama mu Murenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo.

TAGGED:AbaturagefeaturedKazunguKimironkoKuburana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyamasheke-Rutsiro: Inkuba Yishe Batatu Barimo Umwana W’Imyaka 16
Next Article Abantu 98 Bishwe N’Impanuka Mu Mezi 6 Ashize-Polisi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bagera Ahandi Bakisanga Mu Buretwa-Amb Kimonyo 

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?