Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenya: Indi Nkongi Yadutse Mu Kigo Cy’Amashuri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Kenya: Indi Nkongi Yadutse Mu Kigo Cy’Amashuri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 September 2024 3:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Croix-Rouge ya Kenya yatangaje ko hari inkongi yadutse mu ishuri ry’ahiwa Isiolo Girls High School ikomeretsa abana b’abakobwa batatu.

Iyi nkongi yadutse hashize igihe gito hari indi yadutse muri kiriya gihugu yo iza ari kabutindi kuko imaze kwica abanyeshuri 21.

Yadutse kuwa kane itangirira mi kigo kitwa kitwa Hillside Endarasha Academy kiri ahitwa Nyeri.

Iyo nkongi yabaye ikibazo kuko yatumye hari n’abanyeshuri baburana n’ababyeyi babo nyuma yo gusohoka inkungugu bahunga ibibatsi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Imiryango y’abo bana iratabaza Polisi ngo iyifashe kubabona.

Ku byerekeye inkongi iherutse kubera Isiolo, Polisi ivuga ko inkongi yangije amacumbi mu buryo bugaragara.

Ikindi ni uko icyateye iriya nkongi kitaramenyekana nk’uko Polisi ya Kenya ibivuga.

Reuters yanditse ko abapolisi n’abandi batabazi bihutiye gutanga ubufasha kugira ngo abo bana bagezwea kwa muganga kandi abana batahuye n’ikibazo bahumurizwe.

TAGGED:AbanaAbanyeshuriInkongiKenya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amahame Ya FPR No Mu Myaka 100 Azaba Afite Agaciro- Gasamagera
Next Article Gicumbi: Yakubise Ishoka Umugabo We Bapfa Impano Bahawe Mu Bukwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?