Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenya: Indi Nkongi Yadutse Mu Kigo Cy’Amashuri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Kenya: Indi Nkongi Yadutse Mu Kigo Cy’Amashuri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 September 2024 3:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Croix-Rouge ya Kenya yatangaje ko hari inkongi yadutse mu ishuri ry’ahiwa Isiolo Girls High School ikomeretsa abana b’abakobwa batatu.

Iyi nkongi yadutse hashize igihe gito hari indi yadutse muri kiriya gihugu yo iza ari kabutindi kuko imaze kwica abanyeshuri 21.

Yadutse kuwa kane itangirira mi kigo kitwa kitwa Hillside Endarasha Academy kiri ahitwa Nyeri.

Iyo nkongi yabaye ikibazo kuko yatumye hari n’abanyeshuri baburana n’ababyeyi babo nyuma yo gusohoka inkungugu bahunga ibibatsi.

Imiryango y’abo bana iratabaza Polisi ngo iyifashe kubabona.

Ku byerekeye inkongi iherutse kubera Isiolo, Polisi ivuga ko inkongi yangije amacumbi mu buryo bugaragara.

Ikindi ni uko icyateye iriya nkongi kitaramenyekana nk’uko Polisi ya Kenya ibivuga.

Reuters yanditse ko abapolisi n’abandi batabazi bihutiye gutanga ubufasha kugira ngo abo bana bagezwea kwa muganga kandi abana batahuye n’ikibazo bahumurizwe.

TAGGED:AbanaAbanyeshuriInkongiKenya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amahame Ya FPR No Mu Myaka 100 Azaba Afite Agaciro- Gasamagera
Next Article Gicumbi: Yakubise Ishoka Umugabo We Bapfa Impano Bahawe Mu Bukwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?