Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenya Yafunguye Uruganda Rukora Imbunda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kenya Yafunguye Uruganda Rukora Imbunda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 April 2021 4:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yafunguye ku mugaragaro uruganda rukora imbunda nto, rwubatswe mu gace ka Ruiru mu Ntara ya Kiambu.

Kenyatta yavuze ko ruzahindura byinshi muri Kenya, kuko mu kugurira intwaro imbere mu gihugu bizongera ubushobozi bwacyo bwo kwigira, bikanazamura ubushobozi n’ingano by’ibikorerwa imbere muri Kenya.

Ni n’igikorwa kizatanga imirimo myiza ku rubyiruko. Ruzaba rufite ubushobozi bwo gushyira ku isoko nibura imbunda
12.000 mu mwaka, 60% by’ibizigize bikazajya bikorerwa imbere muri Kenya.

Kenyatta yakomeje ati “Uru ruganda rukora intwaro ruri muri gahunda yo guteza imbere inganda zitanga umusanzu mu kubungabunga umutekano w’Igihugu no mu guteza imbere urwego rw’inganda muri rusange, nk’imwe mu nkingi enye zigize intego igihugu cyacu gifite hamwe n’icyerekezo 2030.”

Urwo ruganda rwuzuye rutwaye miliyari 4 z’ama-shilling ya Kenya, ni ukuvuga asaga miliyari 35 Frw.

TAGGED:featuredKenyaUhuru Kenyatta
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mpiranya Ukekwaho Uruhare Rukomeye Muri Jenoside ‘Ari’ Muri Zimbabwe
Next Article Moto Zikoresha Amashanyarazi ‘Zigiye Kwiganza’ Mu Rwanda
1 Comment
  • Kidamage says:
    09 April 2021 at 4:33 am

    Amahoro niyo ya mbere

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Hari Abayobozi Muri Guverinoma Bagiye Gusuzumisha Imyotsi Yo Mu Modoka Zabo

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Abanyamakuru Bashyiriweho Aho Batemerewe Mu Biro Bya Trump

Uruhare Rw’Abaturage Mu Bibakorerwa Nirwo Rwego Rwongereye Amanota Abaturage Baha Inzego

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

Trump Arashaka Gukura Ubushinwa Ku Ntebe Y’Isi Mu Kugura Amabuye Y’Agaciro ‘Adasanzwe’

Zaria Igiye Kubona Umufatanyabikorwa Ukomeye

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

You Might Also Like

Mu mahanga

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Muramu Wa Vital Kamerhe Niwe Mukandida Wo Kumusimbura Kuyobora Inteko

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tanzania: Mu Matora Y’Uwasimbura Samia Suluhu Havutse Imvururu Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?