Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kicukiro: Ibitaro Bishya CHUK Bizakira Abarwayi 2,000 Ku Munsi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kicukiro: Ibitaro Bishya CHUK Bizakira Abarwayi 2,000 Ku Munsi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 August 2023 9:00 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku buso bwa Hegitari 8.2 mu Murenge wa Masaka hari kubakwa ibitaro bishya bya Kaminuza bya Kigali byari bisanzwe biri mu Karere ka Nyarugenge.

Gusiza ikibanza byatangiye muri Mutarama, 2023 ari ubu imirimo igeze kure.

Igishushanyo mbonera cy’ibi bitaro kivuga ko bizaba bifite ubushobozi bwo kwakira abarwayi 2,000 ku minsi bityo bikazaba ari byo byakira benshi kurusha ibindi mu Rwanda.

Ibi bitaro bizaba bifite ibitanda 837 mu gihe ibitaro bya CHUK byari bisanzwe bikorera i Nyarugenge  byari bifite ibitanda 400 gusa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Imirimo yo kubaka ibi bitaro izarangira mu mwaka wa 2025.

Ibitaro bya Kaminuza bya Kigali bishya biri kubakwa i Masaka mu Karere ka Kicukiro bizaba bifite inzu nini 10 zitangirwamo serivisi zitandukanye zikenerwa n’Abanyarwanda ndetse n’abaturanyi barwo.

Abakozi barashishikaye
Bizaba ari byo bitaro byakira abantu benshi mu Rwanda
Byubatswe kuri hegitari 8.2

Amafoto@The New Times 

TAGGED:featuredIbitaroKicukiroMasakaNyarugengeRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC Yatoje Abakomando Bo Kurinda Kivu Zombi
Next Article Algérie Yavuze Ko Yiteguye Intambara Ku Ruhande Rwa Niger
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?