Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kicukiro: Imvura Yaraye Ihitanye Umusore, Ikomeretsa Abandi Benshi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kicukiro: Imvura Yaraye Ihitanye Umusore, Ikomeretsa Abandi Benshi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 April 2022 9:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Isibo Mudugudu wa Juru, Akagari ka Nyanza, Umurenge wa Gatenga  mu Karere ka Kicukiro aho bubakaga umuhanda wa Kicukiro Nyanza hari umuferege bakoze wo kuyobora amazi ariko ari muto bituma amazi menshi y’imvura atabona aho aca.

Umuturage wo muri kariya gace yatubwiye  ko imvura yaraye iguye yasenye inzu z’abaturage, umuntu umwe ahasiga ubuzima ndetse hari n’abakomeretse batanu barimo n’umugore utwite.

Uwapfuye ni umwe mu bakodeshaga iyo nzu  uri mu kigero cy’imyaka 28 y’amavuko yitwa Felesiyani Nkundabandi

Yabanaga ba bagenzi be babiri, umwe muri bo yakometse undi ntacyo yabaye.

Amakuru twamenye ni uko umugore wakomeretse atwite, ubu yajyanywe ku bitaro bya Muhima.

Tuvugana n’umuturage waduhaye amakuru muri kariya gace, yatubwiraga ko umurambo w’uwagwiriwe n’inzu akahasiga ubuzima wari utarajyanwa mu buruhukiro.

Ibi byabereye hari ya Kaminuza ya Mount Kenya.

Hagati aho hari izindi nzu zangiritse zo mu Mudugudu wa Kariyeri, Akagari ka Busanza, Umurenge wa Kanombe.

Umwe mu bahatuye witwa  Rusanganwa Uzziel utuye muri kariya gace avuga ko urugo, ubwogero n’ubwoherero.

Muri aka gace imvura yatangiye kugwa saa tatu z’ijoro ihita mu ma saa cyenda z’ijoro.

Ikindi ni abaturage batoboye inzu zabo kugira ngo amazi y’imvura abashe gutobora.

Aho Taarifa yamaze kumenya ko hageze ibi bibazo ni muri utu tugari tugize Imirenge ibiri y’Akarere ka Kicukiro
Igikoni, ubwiherero n’uruzitiro by’urugo ry’uyu mugabo byasenyutse
Byabaye ngombwa ko batobora inzu kugira ngo amazi abone aho aca

Taarifa irakomeza gukusanya amakuru y’ibyo imvura yaraye iguye yangije hirya no hino mu Rwanda…

TAGGED:featuredGatengaImvuraKicukiroUmusore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article CANAL+ Yahuguye Abanyamakuru Mu Kunoza Ubwiza Bw’Amashusho Y’Inkuru
Next Article Abafaransa Baba Mu Rwanda Bitabiriye Amatora Y’Umukuru W’Igihugu Cyabo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?