Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kicukiro: Imvura Yaraye Ihitanye Umusore, Ikomeretsa Abandi Benshi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kicukiro: Imvura Yaraye Ihitanye Umusore, Ikomeretsa Abandi Benshi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 April 2022 9:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Isibo Mudugudu wa Juru, Akagari ka Nyanza, Umurenge wa Gatenga  mu Karere ka Kicukiro aho bubakaga umuhanda wa Kicukiro Nyanza hari umuferege bakoze wo kuyobora amazi ariko ari muto bituma amazi menshi y’imvura atabona aho aca.

Umuturage wo muri kariya gace yatubwiye  ko imvura yaraye iguye yasenye inzu z’abaturage, umuntu umwe ahasiga ubuzima ndetse hari n’abakomeretse batanu barimo n’umugore utwite.

Uwapfuye ni umwe mu bakodeshaga iyo nzu  uri mu kigero cy’imyaka 28 y’amavuko yitwa Felesiyani Nkundabandi

Yabanaga ba bagenzi be babiri, umwe muri bo yakometse undi ntacyo yabaye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Amakuru twamenye ni uko umugore wakomeretse atwite, ubu yajyanywe ku bitaro bya Muhima.

Tuvugana n’umuturage waduhaye amakuru muri kariya gace, yatubwiraga ko umurambo w’uwagwiriwe n’inzu akahasiga ubuzima wari utarajyanwa mu buruhukiro.

Ibi byabereye hari ya Kaminuza ya Mount Kenya.

Hagati aho hari izindi nzu zangiritse zo mu Mudugudu wa Kariyeri, Akagari ka Busanza, Umurenge wa Kanombe.

Umwe mu bahatuye witwa  Rusanganwa Uzziel utuye muri kariya gace avuga ko urugo, ubwogero n’ubwoherero.

- Advertisement -

Muri aka gace imvura yatangiye kugwa saa tatu z’ijoro ihita mu ma saa cyenda z’ijoro.

Ikindi ni abaturage batoboye inzu zabo kugira ngo amazi y’imvura abashe gutobora.

Aho Taarifa yamaze kumenya ko hageze ibi bibazo ni muri utu tugari tugize Imirenge ibiri y’Akarere ka Kicukiro
Igikoni, ubwiherero n’uruzitiro by’urugo ry’uyu mugabo byasenyutse
Byabaye ngombwa ko batobora inzu kugira ngo amazi abone aho aca

Taarifa irakomeza gukusanya amakuru y’ibyo imvura yaraye iguye yangije hirya no hino mu Rwanda…

TAGGED:featuredGatengaImvuraKicukiroUmusore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article CANAL+ Yahuguye Abanyamakuru Mu Kunoza Ubwiza Bw’Amashusho Y’Inkuru
Next Article Abafaransa Baba Mu Rwanda Bitabiriye Amatora Y’Umukuru W’Igihugu Cyabo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?