Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kigali: Hagiye Gushyirwaho Ingengabihe Yo Gutwara Abagenzi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Kigali: Hagiye Gushyirwaho Ingengabihe Yo Gutwara Abagenzi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 May 2025 10:34 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi mu Mujyi wa Kigali bwatangaje ko bugiye gushyiraho uburyo buboneye bwo gufasha abatega imodoka mu buryo bwa rusange kuzitega hakurikijwe amasaha azwi kandi adahindagurika.

Ni uburyo buzafasha abagenzi bategereje imodoka kumenya igihe nyacyo ziri bubagerereho.

Mu nzu nto bari basanzwe  bazitererezamo, hazashyirwamo uburyo bw’ikoranabuhanga butuma bamenya aho izo modoka zigeze kugira ngo  bazitegereze bafite icyizere ko zibagereraho igihe.

Ubusanzwe, aho hantu haba aho bacomeka telefoni, bakugama izuba n’imvura kandi bakaba bashobora no gukoresha murandasi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Icyakora ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buvuga ko hagiye kongerwamo izindi serivisi zifasha abagenzi, bikemezwa n’Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, Ntirenganya Emma Claudine.

Icyakora abatuye uyu  Mujyi basabwa kuzita kuri izo nzu kugira ngo bizabagirire akamaro mu gihe ibyo bikoresho bizaba byatangiye gukora.

Ku rundi ruhande, hakunze kugaragara ikibazo cy’uko hari ubwo ibyo bikoresho bitangira bikora kandi bikora neza, ariko ntibirambe, bigahagarara.

TAGGED:AbagenziAbaturagefeaturedKigaliUmujyi wa Kigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article M23 Irasaba Uburundi Gucyura Ingabo Zabwo Inzira Zikigendwa
Next Article Ngororero: Batwara Amatungo Mu Modoka Z’Abagenzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Musk Yavuye Mu Nshingano Yahawe Na Trump

RDB Yagize Icyo Ivuga Ku Ntambara Ya DRC

Umwanditsi Ukomeye Ngũgĩ wa Thiong’o Yapfuye

U Rwanda Rugiye Kubaka Uruganda Rubyaza Izuba Amashanyarazi Ya Mega Watt 30

Umwami W’Ubwongereza Atinya Ko Canada Izomekwa Kuri Amerika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mu Buyobozi Bw’Intara Harimo Urunturuntu-Tshisekedi

M23 Irasaba Uburundi Gucyura Ingabo Zabwo Inzira Zikigendwa

Jeannette Kagame Arahemba Abakobwa Batsinze Neza Ibizamini Bya Leta

RDF Iri Kubaka Igisirikare Cya Mozambique Kirwanira Ku Butaka

Abajyanama B’Ubuzima Bagiye Gukoresha Ubwenge Buhangano Mu Kazi

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Pariki Y’Akagera Yinjije Arenga Miliyari Frw 5 Mu Mwaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'UbuhangaUbuzima

Uhumeka Inshuro 20,000 Ku Munsi-Ariko Se Ubikora Neza?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Pariki Y’Akagera Igiye Kubakwamo Hoteli Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Gakenke: Abaturage Baremeye Abaturanyi Barokotse Jenoside

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?