Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kigali: Hagiye Gushyirwaho Ingengabihe Yo Gutwara Abagenzi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Kigali: Hagiye Gushyirwaho Ingengabihe Yo Gutwara Abagenzi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 May 2025 10:34 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi mu Mujyi wa Kigali bwatangaje ko bugiye gushyiraho uburyo buboneye bwo gufasha abatega imodoka mu buryo bwa rusange kuzitega hakurikijwe amasaha azwi kandi adahindagurika.

Ni uburyo buzafasha abagenzi bategereje imodoka kumenya igihe nyacyo ziri bubagerereho.

Mu nzu nto bari basanzwe  bazitererezamo, hazashyirwamo uburyo bw’ikoranabuhanga butuma bamenya aho izo modoka zigeze kugira ngo  bazitegereze bafite icyizere ko zibagereraho igihe.

Ubusanzwe, aho hantu haba aho bacomeka telefoni, bakugama izuba n’imvura kandi bakaba bashobora no gukoresha murandasi.

Icyakora ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buvuga ko hagiye kongerwamo izindi serivisi zifasha abagenzi, bikemezwa n’Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, Ntirenganya Emma Claudine.

Icyakora abatuye uyu  Mujyi basabwa kuzita kuri izo nzu kugira ngo bizabagirire akamaro mu gihe ibyo bikoresho bizaba byatangiye gukora.

Ku rundi ruhande, hakunze kugaragara ikibazo cy’uko hari ubwo ibyo bikoresho bitangira bikora kandi bikora neza, ariko ntibirambe, bigahagarara.

TAGGED:AbagenziAbaturagefeaturedKigaliUmujyi wa Kigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article M23 Irasaba Uburundi Gucyura Ingabo Zabwo Inzira Zikigendwa
Next Article Ngororero: Batwara Amatungo Mu Modoka Z’Abagenzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?