Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kigali: Hatangijwe Imikino Itari Isanzwe Muri Car Free Day
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Kigali: Hatangijwe Imikino Itari Isanzwe Muri Car Free Day

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 December 2022 1:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangije imikino itatu yihariye itari isanzwe ikinwa mu Rwanda mu gihe cya Car Free Day. Iyo mikino ni  Mini golf, E-road biking,  Basketballl 3×3 n’uwo bita  Road tennis.

Mini-Golf ni umukino ukinwa nk’uko abasanzwe bakina Golf babigenza ariko wo ukinirwa ku kibuga gito.

E-road biking wo ukinwa abantu banyonga igare ritava aho riri ariko bakabarirwa ibilometero bashingiye k’umuvuduko uba ubarwa n’icyuma gikora nka mudasobwa kiba kiri imbere y’unyonga iryo gare.

Undi mukino wa gatatu ni Basket ikinwa n’abantu batatu kuri buri ruhande bita Basketball 3×3.

Hari kandi n’umukino bita Road Tennis, uyu ukaba warageze mu Rwanda mu minsi mike ishize uvuye mu kitwa cya Barbados.

Intego ya Kigali Car Free Day nk’uko inzego z’uyu mujyi zibivuga, ni ukugira ngo abaturage bagire umwanya wo gukorera siporo mu mihanda itarangwamo ibinyabiziga, bityo bagire ubuzima bwiza ariko n’ibidukikije birengere mu rugero runaka.

New games in Kigali #CarFreeDay
– Mini golf
– E-road biking
– Basketballl 3×3
– Road tennis. pic.twitter.com/hpUFwvMfbD

— City of Kigali (@CityofKigali) December 18, 2022

Abatabiriye Kigali Car Free day yo kuri uyu wa 18, Ukuboza, 2022 banasuzumwe indwara zitandura  ku bufatanye n’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima, RBC.

Umuyobozi w’Umujyi wa  Kigali Pudence Rubingisa niwe  yifatanyije n’abaturage b’Umujyi wa Kigali muri Siporo Rusange.

Niyo Car Free day ya nyuma y’umwaka wa 2022

Ni igikorwa kiba kabiri buri kwezi.

TAGGED:GicumbiImikinoKigaliRubingisaUmujyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Indirimbo Ya Alyn Sano Iri Mu Zikunzwe Cyane Kuri RFI
Next Article Congrès Y’Urugaga Rw’Urubyiruko Rwa FPR-Inkotanyi Yateranye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rulindo: Yari Amaze Igihe Acurururiza Urumogi Iwe

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

Ubusuwisi: Abantu 40 Bahiriye Mu Kabari 

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Bunyoni Ararembye

Kigali: Yadukiriye Imodoka Ziparitse Mu Mujyi Azimena Ibirahure Atarobanura

Rwanda: Undi Mupolisi Yishwe N’Umuntu Wamugonze

Icyongereza Gike, Imiyoborere Idahwitse…Bimwe Mu Byatumye Abayobora Amashuri Birukanwa

You Might Also Like

Imyidagaduro

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Amakipe Yaturutse Muri Sudan Ari Kwitwara Neza Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ibishanga Bya Kigali Biri Gutunganywa Bizatahwa Muri Kamena 2026-REMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?