Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kigali: Minisports Yatangaje Amasaha Ntarengwa Ya Siporo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kigali: Minisports Yatangaje Amasaha Ntarengwa Ya Siporo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 January 2021 2:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri ya  Siporo n’Umuco yatangaje ko siporo yemewe mu Mujyi wa Kigali ari ikorerwa mu ngo ariko abashatse kuyikora ku giti cyabo bakayikorera mu midugudu yabo kandi guhera saa kumi n’imwe za mu gitondo kugeza saa tatu za mu gitondo.

Minisiteri ya siporo n’umuco ivuga ko iki cyemezo gishingiye ku byemejwe mu nama y’Abaminisitiri yateranye tariki 18, Mutarama, 2021.

Hari hashize iminsi abatuye Kigali bagaragara mu mihanda mu masaha y’umugoroba bakora Siporo.

Umuturage wo mu murenge wa Niboyi witwa Muneza Yves ati : «  Byari bimaze gukabya abantu ari benshi. Kuba abantu bahuraga ari benshi kandi bakagenda begeranye bari no mu byiciro by’imyaka itandukanye byari biteje akaga ko hari bamwe bakwanduza abandi. »

Ku rundi ruhande ariko, avuga ko gukora siporo nimugoroba ari byo byiza kuko umuntu aba yiriwe mu rugo bityo kuyikora nimugoroba bikaba byatuma arambura imitsi.

Yatubwiye ko kubera ko ibihe Kigali irimo ari ibihe bibi, abantu bagombye kumva ayo mabwiriza buri wese agakora siporo uko byagenwe na Minisports.

TAGGED:AbaminisitirifeaturedSiporo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Elayono Yitiriwe Korali y’i Remera Yari Iki?
Next Article Incamake yurugendo rwa @AmavubiStars ruva i Douala rwerekeza i Limbé Nyuma yurugendo rwamaze hafi isaha nigice
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abahitanywe N’Inkongi Muri Hong Kong Biyongereye, Ikizere Ku Barokotse Cyakendereye

Uburundi Bwatangije Umushinga Wo Gukoresha Ubwenge Buhangano

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Hong Kong: Abishwe N’Inkongi Barakabakaba 100

Kuba Twahurira Washington Tukagira Ibyo Twemeranyaho Ni Ikintu Cyiza-Kagame

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

You Might Also Like

Amadini N'Iyobokamana

Papa Lewo XIV Yageze Muri Turikiya Mu Ruzinduko Rwa Mbere Mu Mahanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

U Rwanda Rurakina Na Guinea Rushaka Tike Y’Igikombe Cy’Isi Muri Basketball

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Iseru: Indwara Iheruka Mu Rwanda Iravugwa i Masisi Na Rutshuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Ibyishimo Bya Kagame Kubera Intsinzi Ya Arsenal

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?