Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kigali: WASAC yatangije uburyo bwo gushyira abaturage amazi aho batuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kigali: WASAC yatangije uburyo bwo gushyira abaturage amazi aho batuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 December 2020 8:41 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe isuku n’isukura Bwana  Aimé Muzola avuga ko ikigo ayoboye cyatangije uburyo bwo gushyira amazi abaturage batuye mu duce dukunze kuyabura. Avuga ko ubu ari uburyo bw’agateganyo bwo kubafasha kubona amazi mu gihe ikibazo cyo kubura kwayo kitarabonerwa umuti urambye.

Ibi bikorwa bya WASAC biri gukorerwa ahantu hatandukanye mu Mujyi wa Kigali harimo ibice byo muri Kicukiro, Gasabo  na Nyarugenge.

Ubuyobozi bwa WASAC buvuga ko ibura ry’amazi mu bice by’Umujyi wa Kigali biterwa n’uko hari imiyoboro yayo iri gusanwa hakaba n’indi iri mirongo mishya iri guhangwa.

WASAC iri guha amazi abatuye ahantu 26 hatandukanye muri turiya turere.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Muzola avuga ko kugira ngo imiyoboro y’amazi iri gutunganywa irangire neza bizafata byibura umwaka.

Ati: “Iyo urebye usanga akazi turi gukora mu gushyiraho imiyoboro mishya no kunoza isanzweho bizadufata igihe kingana n’umwaka. Tugomba gushaka uburyo bwo gufasha abaturage kubona amazi mu gihe ibintu bitarasubira mu buryo.”

Umuyobozi wa WASAC avuga ko amazi iri kugurisha mu nsisiro ijerekani imwe ya litiro 20 igura Frw 20.

Uyu mushinga uri guterwa inkunga n’Ikigo cy’Abayapani gishinzwe iterambere mpuzamahanga kitwa Japan International Cooperation Agency( JICA).

Buri kigega kirimo amazi gifite ubushobozi bwo kubika angana na Litilo 10 000

- Advertisement -

 Abaturage bati iki?

Abaturage bo mu Murenge wa Nduba mu Karere ka Gasabo bavuga ko amazi yahendutse kandi ko babyishimiye.

Umwe muri bo witwa Uwemeyimana avuga ko mbere ijerekani imwe y’amazi yagurwaga Frw 150 ariko ubu bazajya bayigura Frw 20.

Avuga ko azajya asagura amafaranga azabafasha mu kwikenura.

Undi witwa Ndagiriyemungu avuga ko bazabona amazi ahagije ndetse bakabona nayo kuhira inka.

 Ivomo: The New Times

Taarifa

TAGGED:featuredGasaboKicukiroKigaliMuzolaNyarugengeWASAC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Mu gukora Siporo muri Gym abantu bazajya bahana intera ya metero 2
Next Article Nyaruguru: Mwarimu asanga kongera 10% ku mushahara w’abarimu bifitiye akamaro bamwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?