Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kigali:Urubyiruko Rw’Afurika Ruri Kurushanwa Mu Mibare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kigali:Urubyiruko Rw’Afurika Ruri Kurushanwa Mu Mibare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 May 2023 3:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abasore n’inkumi baturutse mu bihugu 32 by’Afurika bari i Kigali mu marushanwa mu mibare. Ni irushanwa ry’abanyamibare ryitwa Pan African Mathematics Olympiad.

Abayitabiriye, bemera neza ko imibare ishobora kuba uburyo bwiza bwo gutekereza ibisubizo birambye ku bibazo by’insobe byugarije Afurika.

Ni amarushanwa agamije no guteza imbere urubyiruko rwo muri Afurika mu myumvire kugira ngo  rugire uruhare mu gukemura ibibazo biryugarije n’ibyugarije umugabane rukomokaho.

Barigira hamwe uko imibare yakwifashishwa kuzana impinduka zikenewe no guteza imbere ubumwe bwa Afurika muri rusange.

Ni inshuro ya mbere abereye mu Rwanda ariko ni ku nshuro yayo ya 30 abereye hirya no hino ku mugabane w’Afurika.

Abanyeshuri bayitabiriye biga mu mashuri yisumbuye.

Urubyiruko rw’Afurika ruri kurushanwa mu mibare
Minisitiri w’uburezi Dr. Valentine Uwamariya yayatangije

Azamara iminsi irindwi.

TAGGED:AfurikafeaturedImibareUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article UN Iri Guhugura Abapolisi B’u Rwanda
Next Article Ramaphosa Arashaka Ko Afurika Ihuza Uburusiya Na Ukraine
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?