Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kiliziya Gatulika Yatangaje Ibyemewe N’Ibibujijwe Ku Ishusho Ya Padiri Ubald
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kiliziya Gatulika Yatangaje Ibyemewe N’Ibibujijwe Ku Ishusho Ya Padiri Ubald

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 January 2024 1:28 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko ku Ibanga ry’Amahoro mu Murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi hashyiriwe ishusho ya Padiri Ubald Rugirangoga mu rwego rwo kwibutsa ubutumwa yakoze, Musenyeri Edouard Sinayobye, Umwepiskopi wa Cyangugu, yageneye Abakristu ubutumwa bugaragaza igisobanuro cyayo n’ibikwiye n’ibidakwiye gukorerwa iri shusho.

Mu bikwiye harimo ko mu kureba iriya shusho abantu bagomba kuzirikana Yezu Padiri Ubald Rugirangoga yerekanaga mu buzima bwe bwa buri munsi.

Musenyeri Edouard Sinayobye

Ngo kureba iriya shusho bigomba kujya byibutsa buri wese ubumwe afitanye na Yezu, bikamufasha gushimana Imana yaremye Ubald, ikamubeshaho nyuma ikamuhamagara.

Icyakora iri tangazo rivuga ko nta muntu ukwiye kunamira ishusho ya Padiri Ubald Rugirangoga kubera ko kuba yarakorewe ishusho bitamushyira mu kiciro cy’abantu basabirwa kuba Abatagatifu.

Impamvu ngo ni uko atari we wakizaga abantu, ahubwo yatakambiraga Yezu ngo abe ariwe ubakiza.

Si Rugirangoga wabakizaga ahubwo ni Yezu.

Soma itangazo mu mwimerere waryo:

Nyuma y'aho ku Ibanga ry'Amahoro hashyiriwe ishusho ya Padiri Ubald Rugirangoga mu rwego rwo kwibutsa ubutumwa yakoze, Myr Edouard Sinayobye, Umwepiskopi wa Cyangugu, yageneye abakristu ubutumwa bugaragaza igisobanuro cyayo n'ibikwiye n'ibidakwiye gukorerwa iri shusho. pic.twitter.com/JpbavC8oXL

— JOURNAL KINYAMATEKA (@Kinyamateka_KM) January 14, 2024

TAGGED:AbatagatifufeaturedIshushoMusenyeriRugirangoga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abakinnyi Baherutse Gukubitwa N’Inkuba Basezerewe Mu Bitaro
Next Article Basaba Ko Inguzanyo Baka Banki Zajya Zihutishwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?