Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kiliziya Gatulika Yatangaje Ibyemewe N’Ibibujijwe Ku Ishusho Ya Padiri Ubald
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kiliziya Gatulika Yatangaje Ibyemewe N’Ibibujijwe Ku Ishusho Ya Padiri Ubald

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 January 2024 1:28 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko ku Ibanga ry’Amahoro mu Murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi hashyiriwe ishusho ya Padiri Ubald Rugirangoga mu rwego rwo kwibutsa ubutumwa yakoze, Musenyeri Edouard Sinayobye, Umwepiskopi wa Cyangugu, yageneye Abakristu ubutumwa bugaragaza igisobanuro cyayo n’ibikwiye n’ibidakwiye gukorerwa iri shusho.

Mu bikwiye harimo ko mu kureba iriya shusho abantu bagomba kuzirikana Yezu Padiri Ubald Rugirangoga yerekanaga mu buzima bwe bwa buri munsi.

Musenyeri Edouard Sinayobye

Ngo kureba iriya shusho bigomba kujya byibutsa buri wese ubumwe afitanye na Yezu, bikamufasha gushimana Imana yaremye Ubald, ikamubeshaho nyuma ikamuhamagara.

Icyakora iri tangazo rivuga ko nta muntu ukwiye kunamira ishusho ya Padiri Ubald Rugirangoga kubera ko kuba yarakorewe ishusho bitamushyira mu kiciro cy’abantu basabirwa kuba Abatagatifu.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Impamvu ngo ni uko atari we wakizaga abantu, ahubwo yatakambiraga Yezu ngo abe ariwe ubakiza.

Si Rugirangoga wabakizaga ahubwo ni Yezu.

Soma itangazo mu mwimerere waryo:

Nyuma y'aho ku Ibanga ry'Amahoro hashyiriwe ishusho ya Padiri Ubald Rugirangoga mu rwego rwo kwibutsa ubutumwa yakoze, Myr Edouard Sinayobye, Umwepiskopi wa Cyangugu, yageneye abakristu ubutumwa bugaragaza igisobanuro cyayo n'ibikwiye n'ibidakwiye gukorerwa iri shusho. pic.twitter.com/JpbavC8oXL

— JOURNAL KINYAMATEKA (@Kinyamateka_KM) January 14, 2024

TAGGED:AbatagatifufeaturedIshushoMusenyeriRugirangoga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abakinnyi Baherutse Gukubitwa N’Inkuba Basezerewe Mu Bitaro
Next Article Basaba Ko Inguzanyo Baka Banki Zajya Zihutishwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?