Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kiliziya Gatulika Yatangaje Ibyemewe N’Ibibujijwe Ku Ishusho Ya Padiri Ubald
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kiliziya Gatulika Yatangaje Ibyemewe N’Ibibujijwe Ku Ishusho Ya Padiri Ubald

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 January 2024 1:28 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko ku Ibanga ry’Amahoro mu Murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi hashyiriwe ishusho ya Padiri Ubald Rugirangoga mu rwego rwo kwibutsa ubutumwa yakoze, Musenyeri Edouard Sinayobye, Umwepiskopi wa Cyangugu, yageneye Abakristu ubutumwa bugaragaza igisobanuro cyayo n’ibikwiye n’ibidakwiye gukorerwa iri shusho.

Mu bikwiye harimo ko mu kureba iriya shusho abantu bagomba kuzirikana Yezu Padiri Ubald Rugirangoga yerekanaga mu buzima bwe bwa buri munsi.

Musenyeri Edouard Sinayobye

Ngo kureba iriya shusho bigomba kujya byibutsa buri wese ubumwe afitanye na Yezu, bikamufasha gushimana Imana yaremye Ubald, ikamubeshaho nyuma ikamuhamagara.

Icyakora iri tangazo rivuga ko nta muntu ukwiye kunamira ishusho ya Padiri Ubald Rugirangoga kubera ko kuba yarakorewe ishusho bitamushyira mu kiciro cy’abantu basabirwa kuba Abatagatifu.

Impamvu ngo ni uko atari we wakizaga abantu, ahubwo yatakambiraga Yezu ngo abe ariwe ubakiza.

Si Rugirangoga wabakizaga ahubwo ni Yezu.

Soma itangazo mu mwimerere waryo:

Nyuma y'aho ku Ibanga ry'Amahoro hashyiriwe ishusho ya Padiri Ubald Rugirangoga mu rwego rwo kwibutsa ubutumwa yakoze, Myr Edouard Sinayobye, Umwepiskopi wa Cyangugu, yageneye abakristu ubutumwa bugaragaza igisobanuro cyayo n'ibikwiye n'ibidakwiye gukorerwa iri shusho. pic.twitter.com/JpbavC8oXL

— JOURNAL KINYAMATEKA (@Kinyamateka_KM) January 14, 2024

TAGGED:AbatagatifufeaturedIshushoMusenyeriRugirangoga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abakinnyi Baherutse Gukubitwa N’Inkuba Basezerewe Mu Bitaro
Next Article Basaba Ko Inguzanyo Baka Banki Zajya Zihutishwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

Hari Umwuka Mubi Hagati Ya DRC Na Zambia

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

Amerika Yarashe Rwagati Muri Venezuela 

Karongi: Abo Mu Nkambi Ya Kiziba Nabo Bamaganye Ingengabitekerezo Iba i Kinshasa

Kirehe-Ngoma: Koperative Yejeje Umuceri None Uri Gupfa Ubusa

You Might Also Like

Ubukungu

Gatsibo: Bizeye Kuzabona Amazi Yiyongera Kuyo Basanganywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Irashaka ‘Kugura’ Greenland

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

2025: Umwaka Ikawa Y’u Rwanda Yarwinjirije Amadolari Menshi Kurusha Indi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abagore 30 Mu Bakomando Ba RCS Batojwe Gutabara Aho Rukomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?