Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kimenyi Yves Yambitse Impeta Miss Muyango
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Kimenyi Yves Yambitse Impeta Miss Muyango

taarifa@media
Last updated: 01 March 2021 7:53 am
taarifa@media
Share
SHARE

Kimenyi Yves ukinira Kiyovu Sports FC yambitse impeta Muyango Claudine wamenyekanye muri Miss Rwanda 2019, amusaba kumubera umugore, undi arabimwemerera.

Ni umuhango wabaye ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru.

Urukundo rwa Kimenyi Yves na Muyango rwamamaye rwagati mu mwaka wa 2019, mu Ukwakira uwo mwaka Muyango akorera umukunzi we ibirori byo kumwifuriza isabukuru nziza, amusezeranya urukundo rudashira.

Icyo gihe benshi bahise batangira gutekereza ko bombi baba benda kubana nk’umugore n’umugabo, ariko icyo cyemezo bagitangaje nyuma y’imyaka ibiri.

Miss Uwase Muyango Claudine yamamaye mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019 ubwo yaserukiraga Intara y’Amajyepfo, aza no kugaragara mu bakobwa 15 bageze mu cyiciro cya nyuma cy’iryo rushanwa.

Ni mu gihe umukunzi we Kimenyi Yves asanzwe ari umukinnyi w’umupira w’amaguru, muri Gicurasi 2020 werekeje muri muri Kiyovu Sports ku masezerano y’imyaka ibiri, nyuma y’igihe akinira Rayon Sports.

Kimenyi yageze muri Rayon Sports muri Nyakanga 2019 avuye muri APR FC, nayo aza kuyivamo kubera ko itamuhaye ibyo bumvikanye ubwo yayerekezagamo.

Bivugwa ko yari yahawe miliyoni 2 Frw gusa muri miliyoni 8 Frw yaguzwe. 

Kimenyi ni umwe mu bakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi baheruka mu irushanwa ry’amakipe agizwe n’abakina muri shampiyona z’imbere mu bihugu bya Afurika, CHAN, ryabereye muri Cameroon.

Amavubi yagarukiye muri kimwe cya kane.

View this post on Instagram

A post shared by Taarifa (@taarifarwanda)

Ibyishimo byari byose kuri Muyango na Kimenyi
Basomanye biratinda
Urukundo rwabo rumaze iminsi rushyushye
Ntabwo Kimenyi na Muyango bigeze bahisha ko bakundana
TAGGED:featuredKimenyi Yves
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyamagabe: Umupfakazi Wa Jenoside Yishwe Akaswe Ijosi
Next Article Umugororwa Yarasiwe I Rusizi Arapfa
1 Comment
  • Stanton says:
    19 March 2021 at 5:48 am

    Its such as you read my thoughts! You seem to know a lot approximately this, such as you wrote the book in it
    or something. I believe that you could do with some % to drive the message house a little bit, however other than that, that
    is excellent blog. A fantastic read. I will certainly
    be back.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Icyerekezo Minisiteri Y’Uburezi Ifite Ku Mubare W’Abarimu

Umuyobozi Wa Polisi Ashima Umusanzu W’Iya Eswatini 

Menya Uko u Rwanda Rwakiriye Amasezerano Yasinywe Hagati Ya Kinshasa Na AFC/M23

Ruhango: Arakekwaho Kwicisha Nyirakuru Inkoni

Kicukiro: Abagore Bigishijwe Ko Burya Amafaranga Abyara Andi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Nyamasheke: Abaturage Barasaba Kugabanyirizwa Tike Y’Ubwato Bubafasha Kujya Guhaha

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

You Might Also Like

Mu mahanga

Trump Ati: “BBC Ngomba Kuyirega Byanze Bikunze”

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

2.9% By’Abanyarwanda Bafite Diyabete:RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?