Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubwato Bw’Intambara Bw’Ubushinwa Bwageze Muri Nigeria
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubwato Bw’Intambara Bw’Ubushinwa Bwageze Muri Nigeria

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 July 2023 12:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazamakuru ryo muri Nigeria ryatangaje ko mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru taliki 02, Nyakanga, 2023, ubwato bw’intambara bw’ingabo z’Ubushinwa bwitwa Nanning bwageze ku mwaro wa Nigeria.

Bwaje buciye mu Nyanja y’Atlantica  bugarara ku cyambu cya Lagos.

Ikinyamakuru kitwa Politics Nigeria kivuga ko umuyobozi w’ingabo za Nigeria zishinzwe amazi witwa Rear Admiral Joseph Akpan ari we waje kwakira abari  muri ubwo bwato.

Abayobozi b’ingabo na gisivili baje kubwakira

Hajemo kandi abasirikare bacye b’Ubushinwa n’abandi bashinzwe gukorera muri ubwo bwato akazi gatandukanye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ntiharamenyekana impamvu z’uru rugendo ariko abantu bavuga ko ari ngombwa kuza kwitega uko Amerika iri bubyitwaremo cyane cyane ko muri iki gihe ihanganye n’Ubushinwa mu by’ubukungu no kugira ijambo aho ari ho hose ku isi.

Nigeria nicyo gihugu gituwe n’abaturage benshi kandi gikize kurusha ibindi
TAGGED:AmerikafeaturedIntambaraNigeriaUbushinwaUbwato
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Barashinja Tshisekedi Kwigiriza Nkana Ku Nzirakarengane
Next Article Hatangajwe Uko Abanyeshuri Bazataha Bajya Mu Biruhuko
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Burundi: Umudepite Yakubiswe

Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC

Chris Brown Afungiye Gukubita Umuntu Icupa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Uganda: Undi Murinzi Wa Bobi Wine Yashimuswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Gutega Amatwi Inyoni Ziririmba Bimara Ishavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

RIB Iraburira Abajya Gusenga Bakibwa Telefone

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Muganga Yaremeye Ikipe Y’Igihugu Y’Abangavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?